Prof Sam Rugege wahoze ari Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga yashyizwe mu Nteko mpuzamahanga y’abunzi yitwa The Weinstein International Foundation ikorera San Fransicso muri USA. Rugege yashimiwe uruhare...
Perezida wa USA watowe Joe Biden yahisemo Gen Lloyd Austin kugira ngo azayobore ingabo za USA. Gen Austin niyemezwa na Sena azaba ari we Mwirabura wa...
Butera Hope usanzwe akinira ikipe y’abagore ya Basket mu Rwanda yitwa The Hoops yemerewe gukina mu kiciro cya mbere cya Basket y’abagore muri USA. Yari asanzwe...
Minisitiri w’uburezi Dr Valentine Uwamariya ashimira USA inkunga itera uburezi bw’U Rwanda, akemeza ko gufasha uburezi kugira ngo butere imbere bifasha n’igihugu cyose. Yabivuze kuri uyu...
Ikigo kitwa Rwandafresh Band gitangaza ko kugeza mu mpera z’Icyumweru gishize( ni ukuvuga hagati y’italiki 23 na 29, Ugushingo, 2020) , u Rwanda rwohereje hanze toni...