Kimwe mu biganiro bivuga ku mibereho n’amateka y’abantu kiri mu byakunzwe kurusha ibindi mu Rwanda ni ikitwa ‘Inyanja Twogamo’. Uwakise...
Kubera ubumenyi bucye, hari bamwe bumva ko kuvuganira ubwoko runaka bw’ibinyabuzima ari uguta umwanya no kuba imburamukoro! Icyakora si ko bimeze kuko uko gupfa kw’ubwoko bw’ibinyabuzima...
Buri taliki 23, Mata, buri mwaka isi izirikana akamaro k’ibitabo mu bantu. Ibitabo nibyo bikoresho byagiriye abantu akamaro kurusha ibindi nyuma y’ubuhinzi. Ubuhinzi bwatumye bakura hafi...
U Buyapani ni igihugu gifite byinshi kihariye kurusha ibindi ku isi ariko icy’ingenzi kurusha ibindi ni uko abaturage bacyo baramba kurusha abandi ku isi. Ni igihugu...
Mu ruzinduko ari mo muri Zambia Perezida Kagame yaraye atemberejwe na mugenzi we Hakainde Hichilema ku isumo ryitiriwe uwahoze ari umwamikazi w’u Bwongereza witwa Victoria riri...