Ikigega mpuzamahanga cy’imari wakigereranya n’uruganda abahanga mu bukungu bakomeye bifuza gukorera kugira ngo bagire uruhare muri Politiki zigenga imari n’ubukungu...
Abatuye Isi y’ubu bafite ibibazo birimo intambara, amapfa, ibyorezo n’izindi ndwara. Hejuru y’ibi hiyongeraho ibibazo bya politiki bituma impunzi n’abimukira biyongera henshi ku isi. Ibi ni...
Hashize igihe gito abahanga bavuze ko hadutse ubundi bwoko bwa Omicron yihinduranyije. Abahanga babuhaye izina rya Flurona ni ukuvuga impine ihuje Coronavirus n’ibicurane( Flu). Abarwayi b’iyi...
Mu gihe kitageze ku mezi icumi ubukungu bw’isi butangiye kwijajara, abahanga mu by’ikirere batanze impuruza ko kigiye kongera gushyuha k’uburyo umwaka utaha uzarangira cyarasubiye ku bushyuhe...
Hari impamvu ebyiri z’ingenzi zituma tubyemeza: Kuvuka kw’ibirwa no kuzimira kwabyo. Mu Buyapani haherutse kuvuka ikirwa gishya nyuma y’iruka ry’ikirunga kiri munsi y’Inyanja kitwa Fukutoku-Okanoba. Hagati...