Abahanga bavuga ko inkongi ziri kwaduka hirya no hino ku isi muri iyi myaka ari intangiriro y’ibyago bizagera ku bantu...
Taliki 10, Kanama, buri mwaka abatuye isi bizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe intare. Iyi nyamaswa ibarirwa mu binyamajanja binini ni inyamaswa yubahwa ku isi kuko iteye ubwoba...
Ikigega mpuzamahanga cy’imari wakigereranya n’uruganda abahanga mu bukungu bakomeye bifuza gukorera kugira ngo bagire uruhare muri Politiki zigenga imari n’ubukungu ku isi. Ni ikigega cyashinzwe mu...
Abatuye Isi y’ubu bafite ibibazo birimo intambara, amapfa, ibyorezo n’izindi ndwara. Hejuru y’ibi hiyongeraho ibibazo bya politiki bituma impunzi n’abimukira biyongera henshi ku isi. Ibi ni...
Hashize igihe gito abahanga bavuze ko hadutse ubundi bwoko bwa Omicron yihinduranyije. Abahanga babuhaye izina rya Flurona ni ukuvuga impine ihuje Coronavirus n’ibicurane( Flu). Abarwayi b’iyi...