Umushoramari Venant wari ufite resitora mu Mujyi wa Kigali yubatse izina nka “Chez Venant Bar & Resto”, yitabye Imana. Iyi resitora yahoze ikomeye mu mujyi wa...
Impungenge zikomeje kuba nyinshi ku bahanga mu bijyanye n’ibirunga, barimo kubona ibimenyetso bica amarenga ko ikirunga cya Nyiragongo cyaba kiri mu myiteguro yo kuruka. Ubwo cyaherukaga...
Ibi byemezwa n’Ibiro bya CIA( Central Intelligence Agency) bishinzwe gukoma mu nkokora imigambi ya ba maneko b’amahanga( counterintelligence). Bibishingira ku ngingo y’uko hari bamwe mu bahoze ari...
Ngozi Okonjo-Iweala yavutse tariki 13, Gicurasi, 1954. Ni Umugore wo muri Nigeria ariko ufite ubwenegihugu bwa USA. Ni umuhanga mu bukungu n’ubufatanye mpuzamahanga. Azwiho kugirana n’abantu...
Kuba umwana utagira abantu bakuru bamukunda ni akaga. Abana bagirwa abasirikare bahura n’akaga gakomeye karimo kwiga kwica, ubusambanyi, kuneka, gusahura n’ibindi. Hari imibare ibyerekana: 1.Abana babarirwa...