Abahanga mu miterere n’imikorere y’umubiri bavuga ko cancer ziterwa n’uko imikorere y’uturemangingo fatizo ihindura uko yakoraga, igatangira gukora mu buryo budasanzwe, urugingo bibereyemo rukarwara. Biterwa akenshi...
Nitwa Havugiyaremye Jérémie ntuye mu murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 15, Mutarama, 2021 ubwo najyaga ku...
Abahanga mu binyabuzima bamaze igihe kinini bavuga ko hari ibinyabuzima bicika ku isi kubera ibikorwa bya muntu ariko abantu bakagira ngo ni amashyengo y’abashakashatsi. Icyegeranyo cyasohowe...
Israel ni igihugu kihariye mu ngeri nyinshi. Twirengagije ibindi tukareba ububanyi n’amahanga bwayo dusanga kuva yabaho yarakoze uko ishoboye ngo ibane n’amahanga yaba abanzi cyangwa abakunzi....
Ku basanzwe bakurikirana imikorere ya FIFA muri iki gihe, bemeza ko ibyayo biri gusubirwamo. Imwe mu ngingo yaraye ifatiwe mu Nama y’Abaminisitiri muri Guverinoma y’u Rwanda...