Ntabwo umuntu ari impyisi ariko rero umugani ugana akariho! Umuntu ni inyamaswa ifite kandi igendera ku maguru abiri, ikagira uruti rw’umugongo ruhagaze kandi ikagira igikanka kitabwataraye...
Mu minsi mike ishize hari raporo yasohotse ivuga mu buryo butaziguye ko abahanga mu ikoranabuhanga(hackers) bishoboka cyane ko ari abo mu Bushinwa bamaze igihe bavoma amakuru...
Muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo, abaganga bari gusuzuma umugore utatangajwe amazina ufite indwara ifite ibimenyetso bijya gusa n’ibya Ebola ariko byihariye. Ari kwitabwaho mu bitaro...