Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Aba Mbere Batsindiye Amezi 30 Y’Ifatabuguzi Ry’UBUNTU Rya CANAL+ Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Izamamaza

Aba Mbere Batsindiye Amezi 30 Y’Ifatabuguzi Ry’UBUNTU Rya CANAL+ Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 June 2022 6:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abanyamahirwe 30 ba mbere batsindiye ifatabuguzi ryitwa UBUNTU muri Poromosiyo ya CANAL+ yo kwizihiza isabukuru y’imyaka 30 ishize itangije ibikorwa byayo ku mugabane w’Africa.

 Muri uku kwezi kwa Kamena 2022, CANAL+ Rwanda yashyize igorora abakiliya bayo aho mu rwego rwo kwizihiza iyi sabukuru y’imyaka 30.

Muri iyi Poromosiyo umukiliya aguze ifatabuguzi nk’iryo aheruka kugura indi ahita ako kanya ahabwa iminsi 30 y’ubuntu yo kureba amashene yo ku ifatabuguzi ryisumbuye kuryo yaguze.

Yinjira kandi muri Tombola imuhesha amahirwe yo gutsindira ifatabuguzi ry’UBUNTU ry’amezi 12 cyangwa amezi 30.

Kuri uyu wa mbere tariki 13 Kamena nibwo abanyamahirwe ba mbere 30 batsindiye ifatabuguzi ry’ubuntu binyuze muri iyi Tombola.

25 muri bo batsindiye ifatabuguzi ry’umwaka wose mu gihe abandi batanu batsindiye ifatabuguzi ry’amezi 30 bareba amashene yose ya CANAL+ k’ubuntu.

Sophie Muhayimana, Mukwiye Bernard ndetse na Jean Paul Hakizimana ni bamwe mu batsindiye iri fatabuguzi ry’ubuntu.

Batangaje ko bashimishijwe n’iki gihembo kuko hari umutwaro ukomeye baruhutse.

Muhayimana ati; “Kugura ifatabuguzi buri kwezi ntago biba byoroshye. Iyo ryashize, abana batumerera nabi ngo turigure. Kuba rero uyu munsi natsindiye ifatabuguzi ry’ubuntu ry’amezi 30 biranshimishije cyane kuko ngiye kuruhuka umutwaro wo kugura abonema mu gihe kingana n’imyaka ibiri n’igice.”

Guhitamo abatsinze binyura kuri televiziyo y’u Rwanda buri wa Gatanu guhera saa kumi n’ebyiri na mirongo ine n’itanu buri Munyarwanda wese utunze ifatabuguzi rya CANAL+ akaba afite amahirwe yo gutsinda kuko  icyo usabwa gusa akaba ari ukugura ifatabuguzi muri uku kwezi.

CANAL+ yatangiye gukorera muri Afurika mu mwaka wa 1992.

Ishami ryayo rya mbere ryafunguwe ishami muri Senegal, icyo gihe rikaba ryari ifite ishene imwe gusa.

Mu 1998, CANAL+ yongereye umubare w’amashene yatangaga muri Africa, ava kuri imwe agera kuri 20, mu gihe muri 2012 nabwo umubare wavuye kuri 20 ukagera ku mashene 100.

Magingo aya, CANAL+ yongereye amashene yayo, ubu arenga 200 kandi ari mu ngeri zitandukanye harimo imyidagaduro, siporo, cinema, ibyegeranyo, amakuru n’andi menshi atandukanye.

Ubu Umunyarwanda wifuza kuba umukiliya wa CANAL+ agura Dekoderi ku Frw 5,000 gusa, mu gihe igiciro cya Installation nacyo ari Frw 5,000.

Iyi poromosiyo ikaba izarangirana n’ukwezi kwa Kamena 2022.

Abanyamahirwe batsindiye ifatabuguzi ry’amezi 30. Uyu ni Jerome Uwiragiye ukora muri Rwanda Revenue Authority 
Ambasaderi wa Canal + Rwanda umuhanzi Platini ahereza umwe mu banyamahirwe batsindiye iriya fatabuguzi
Uyu mubyeyi avuga ko abana bakundaga kumubaza impamvu atagura ifatabuguzi, akabura ifatabuguzi
TAGGED:Canal +IfatabuguziRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article M23 Yafashe Umujyi Wa Bunagana Ingabo Za DRC Zihungira Muri Uganda
Next Article Ibyo MINEDUC Isaba Abanyeshuri B’i Kigali Mu Gihe Cya CHOGM
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gasabo: Umugore Yafatanywe Amakarito Ya Liquors Zitujuje Ubuziranenge

Israel Yongereye Ibitero Muri Gaza 

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

Amahoro Na Kigali Pelé Stadium Zemerewe Kwakira Amarushanwa Nyafurika 

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Sandra Teta Yarekuwe

Ibyotsi Bihumanya Ikirere Cy’u Rwanda Byikubye 5 Mu Bukana- REMA

Nyanza: Umurambo W’Umusore Wari Umaze Icyumweru Yarabuze Bawusanze Mu Mufuka

Imbaduko PM Nsengiyumva Atangiranye Mu Kuzamura Ubuhinzi N’Ubworozi

RDF/Military Police Mu Myitozo Ikarishye

You Might Also Like

IbidukikijeImibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Hari Icyo Abana Basaba Abayobozi Bakuru B’Igihugu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

I Rulindo Naho Hafatiwe Abacukura Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Amasezerano U Rwanda Rwagiranye Na Zimbabwe Mu Gushimangira Imikoranire

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Rwanda: Drones Zimaze Gufatisha Abajura Benshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?