Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abacuruzi ba Sima mu Rwanda barangamiye isoko rya Kenya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abacuruzi ba Sima mu Rwanda barangamiye isoko rya Kenya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 November 2020 5:15 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Abacuruza Sima mu Rwanda bayobotse Kenya
SHARE

Muri Tanzania hari kuva amakuru avuga ko sima yahenze cyane.  Ibi biri guterwa n’uko inganda ziyitunganya ziri gusanwa bityo ibyuma biyikora bikaba byarahagaze. Ibi byatumye abacuruzi bo mu Rwanda bayicuruzaga bayikuye hanze bahitamo kuyikura muri Kenya.

Abacuruza Sima mu Rwanda bayobotse Kenya(Photo:KigaliToday)

Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda muri Tanzania ivuga ko ibiciro bya sima byikubye kabiri kuko muri Nzeri umufuka w’ibiro 50 waguraga Tsh15,000 (ni ukuvuga $6) mu Ugushyingo 2020 ugura  Tsh22,000 (ni ukuvuga $9) mu bice byinshi bya kiriya gihugu.

Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda muri iriya Minisiteri witwa Dr Riziki Shemdoe yagize ati: “ Inganda zimwe zitunganya sima mu gihugu cyacu zarahagaze mu gihe gito. Ibi byatumye abafite ziriya nganda bakoresha uriya mwanya batunganya inganda zabo ariko ni iby’igihe gito.”

Avuga ko ibi byatumye umusaruro ugabanuka, ugera kuri toni 150,000 mu Ukwakira uvuye kuri toni 450,000 zavuye mu nganda mu mezi abiri yabanje.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ubusanzwe Tanzania ifite inganda enye z’ingenzi zikora sima: Izo  ni uruganda Twiga ruba   Dar es Salaam, Tanga Cement ruba  Tanga, Mbeya Cement ruba Mbeya na Dangote Cement rwubatswe i Mtwara mu Majyepfo ya kiriya gihugu.

Muri izi nganda zose urwitwa Twiga nirwo runini kuko rukora toni 700 000 ku mwaka.

Ubu nirwo ruri gukora ariko narwo ubushobozi bwarwo buri kuba buke kubera ko abacuruzi benshi bari kujya kuyishakirayo .

Kubera iyi mpamvu, abacuruzi bo mu Rwanda bo bari gushaka uko batumiza sima muri Kenya, abenshi bakaba bashaka sima yitwa Bamburi ciment.

Kuva u Rwanda na Uganda byagirana ibibazo, byatumye ibyavaga yo biza mu Rwanda bihagarara bituma u Rwanda rutangira gukorana bya hafi  mu bucuruzi na Tanzania.

- Advertisement -

Ubu rero ikibazo cya sima nke muri Tanzania cyatumye abayitumizaga muri Tanzania barangamira isoko rya Kenya

Taarifa Rwanda

Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article COVID-19 yazahaje abagore kurushaho-Perezida Kagame abwira abayobora G20
Next Article Gasabo: Abatuye Kinyinya biguriye imbangukiragutabara
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?