Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abacuruzi B’Abanyarwanda Barashaka Kohereza Byinshi Muri Saudi Arabia
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Abacuruzi B’Abanyarwanda Barashaka Kohereza Byinshi Muri Saudi Arabia

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 October 2022 1:51 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Muri iyi minsi hari ibiganiro biri hagati y’u Rwanda na Saudi Arabia bigamije kureba uko iki gihugu cyakwemerera Abanyarwanda kohereza ibicuruzwa byinshi ku isoko ry’aho.

Abayobozi ba Saudi Arabia bari kugirana ibiganiro n’abayobozi b’Abanyarwanda bayobowe na Ambasaderi Emmanuel Hategeka.

Hategeka asanzwe ahagarariye u Rwanda muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu.

Ibiganiro hagati y’impande zombi bibaye mu gihe muri kiriya gihugu hari kubera imurukagurisha ry’ibikomoka ku buhinzi bise Saudi Agriculture Expo2022  rikaba riri kubera  ahitwa  the Riyadh International Convention & Exhibition Center.

Abacuruzi b’Abanyarwanda barateganya kuzajya bohereza muri Saudi Arabia ibihingwa nk’ikawa, icyayi, imbuto, imboga ndetse n’indabo.

Kugeza ubu hari ibigo umunani by’abacuruzi b’Abanyarwanda biri kureba ko byakizuza ibisabwa byose ngo bitangire kohereza ibicuruzwa byinshi muri Saudi Arabia.

TAGGED:featuredHategekaImbogaSaudi ArabiaUbukungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umukozi Wo Mu Rugo Yafatanywe Miliyoni Frw 1.5 Bivugwa Ko Yibye Shebuja
Next Article Imikoranire Inkotanyi Z’Abasirikare N’iz’Abasivili Nk’Uko Rutaremara Abisobanura
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?