Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abagaba B’Ingabo Za Brazil Beguriye Rimwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abagaba B’Ingabo Za Brazil Beguriye Rimwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 March 2021 10:42 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa Brazil Jair Bolsonaro yugarijwe n’ikibazo cya Politiki gishobora gutuma na we yegura. Abagaba b’ingabo ze haba uw’izo mu kirere, ku butaka no mu mazi beguriye rimwe.

Bivugwa ko byatewe n’uko abasirikare barakariye ko yanze gushyira abaturage muri Guma Mu Rugo mu rwego rwo kubarinda COVID-19. Ikindi ni uko ngo abasirikare badashaka ko akomeza gukoresha igitugu ku ngabo nk’uko BBC yabitangaje.

Kugeza ubu COVID -19 imaze kwica abaturage 314.000 muri Brazil.

Ku munsi mu gihugu cye handura abantu bagera ku 3780.

Bolsonaro yavuze ko atashyira abaturage muri Guma Mu Rugo kuko ngo ‘byahungabanya ubukungu’ kurusha COVID-19 ubwayo.

Icyakora yari aherutse kuvuga ko uyu mwaka azatangira kwemera ko abaturage be bakingirwa, ubuzima bugasubira ku murongo.

Brazil yarangije gukingira 8% by’abayituye, ni ukuvuga ko imaze gukingira miliyoni 17.7 by’abaturage bayo.

Umwe mu bahanga mu by’ibyorezo avuga ko afite ubwoba ko ubwandu bwa COVID-19 muri Brazil ari ikibazo cyuharije isi muri rusange.

Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ihohoterwa Mu Kazi Rikomeje Kugaragara, Abakozi Bo Mu Ngo Bibasiwe Kurushaho
Next Article BK Group Plc Yungutse Miliyari 38.4 Frw Mu 2020
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Bafatanywe lbilo 30 By’urumogi Babitwaye Kuri Moto

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?