Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abagaba B’Ingabo Za Brazil Beguriye Rimwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abagaba B’Ingabo Za Brazil Beguriye Rimwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 March 2021 10:42 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa Brazil Jair Bolsonaro yugarijwe n’ikibazo cya Politiki gishobora gutuma na we yegura. Abagaba b’ingabo ze haba uw’izo mu kirere, ku butaka no mu mazi beguriye rimwe.

Bivugwa ko byatewe n’uko abasirikare barakariye ko yanze gushyira abaturage muri Guma Mu Rugo mu rwego rwo kubarinda COVID-19. Ikindi ni uko ngo abasirikare badashaka ko akomeza gukoresha igitugu ku ngabo nk’uko BBC yabitangaje.

Kugeza ubu COVID -19 imaze kwica abaturage 314.000 muri Brazil.

Ku munsi mu gihugu cye handura abantu bagera ku 3780.

Bolsonaro yavuze ko atashyira abaturage muri Guma Mu Rugo kuko ngo ‘byahungabanya ubukungu’ kurusha COVID-19 ubwayo.

Icyakora yari aherutse kuvuga ko uyu mwaka azatangira kwemera ko abaturage be bakingirwa, ubuzima bugasubira ku murongo.

Brazil yarangije gukingira 8% by’abayituye, ni ukuvuga ko imaze gukingira miliyoni 17.7 by’abaturage bayo.

Umwe mu bahanga mu by’ibyorezo avuga ko afite ubwoba ko ubwandu bwa COVID-19 muri Brazil ari ikibazo cyuharije isi muri rusange.

Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ihohoterwa Mu Kazi Rikomeje Kugaragara, Abakozi Bo Mu Ngo Bibasiwe Kurushaho
Next Article BK Group Plc Yungutse Miliyari 38.4 Frw Mu 2020
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?