Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abagaba B’Ingabo Za Brazil Beguriye Rimwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abagaba B’Ingabo Za Brazil Beguriye Rimwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 March 2021 10:42 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa Brazil Jair Bolsonaro yugarijwe n’ikibazo cya Politiki gishobora gutuma na we yegura. Abagaba b’ingabo ze haba uw’izo mu kirere, ku butaka no mu mazi beguriye rimwe.

Bivugwa ko byatewe n’uko abasirikare barakariye ko yanze gushyira abaturage muri Guma Mu Rugo mu rwego rwo kubarinda COVID-19. Ikindi ni uko ngo abasirikare badashaka ko akomeza gukoresha igitugu ku ngabo nk’uko BBC yabitangaje.

Kugeza ubu COVID -19 imaze kwica abaturage 314.000 muri Brazil.

Ku munsi mu gihugu cye handura abantu bagera ku 3780.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Bolsonaro yavuze ko atashyira abaturage muri Guma Mu Rugo kuko ngo ‘byahungabanya ubukungu’ kurusha COVID-19 ubwayo.

Icyakora yari aherutse kuvuga ko uyu mwaka azatangira kwemera ko abaturage be bakingirwa, ubuzima bugasubira ku murongo.

Brazil yarangije gukingira 8% by’abayituye, ni ukuvuga ko imaze gukingira miliyoni 17.7 by’abaturage bayo.

Umwe mu bahanga mu by’ibyorezo avuga ko afite ubwoba ko ubwandu bwa COVID-19 muri Brazil ari ikibazo cyuharije isi muri rusange.

Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ihohoterwa Mu Kazi Rikomeje Kugaragara, Abakozi Bo Mu Ngo Bibasiwe Kurushaho
Next Article BK Group Plc Yungutse Miliyari 38.4 Frw Mu 2020
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?