Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abagore Bo Muri FPR-Inkotanyi Bahuye Ngo Bagire Ibyo Basuzuma
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Abagore Bo Muri FPR-Inkotanyi Bahuye Ngo Bagire Ibyo Basuzuma

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 November 2021 3:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 19, Ugushyingo, 2021 ku Intare Arena harabera Inteko y’Abagore bo mu Muryango FPR –Inkotanyi.

Kuri Twitter y’uyu Muryango handitseho ko abagore 700 bari buyitabire basuzumire hamwe ibyo bagezeho mu myaka ibiri ishize, barebere hamwe n’ingamba bafata zizakurikizwa mu yindi myaka ibiri iri imbere.

Iyi myaka ibiri bari busuzumire hamwe, yaranzwe ahanini na Guma mu Rugo, Guma mu Karere, Guma mu Mujyi wa Kigali na Guma mu Ntara.

Nta kindi cyabiteye uretse icyorezo COVID-19 cyatumye Leta ifata ingamba zikarishye harimo na ziriya tuvuze haruguru byose bigamije gukumira ubwandu bwa kiriya cyorezo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kuba abenshi mu bagizweho ingaruka na kiriya cyorezo ari abagore n’abana, uwavuga ko abari bwitabire iriya Nteko bari buganire uko bazamurana hagamijwe kwivana mu ngaruka zacyo ntiyaba yibeshye cyane.

Ikindi gishobora kuza kuvugirwa muri iriya Nteko ni uburyo ababyeyi cyane cyane abagore bakora kugira ngo barinde abana b’abakobwa gutwara inda zitateguwe no kwirinda ibyago birimo no guhohoterwa cyangwa gufatwa ku ngufu.

Umushyitsi Mukuru muri iriya Nama  ni Madamu Wa Perezida Wa Repubulika Madamu Jeannette Kagame.

Madamu Jeannette Kagame niwe Mushyitsi mukuru muri iyi Nteko

Iriya Nteko iritabirwa n’abagore bo mu Umuryango FPR-Inkotanyi bahagarariye abandi guhera ku ‘rwego rwo hasi’ kuzamura kugeza ku rwego rw’igihugu.

Abagore bo mu Umuryango FPR-Inkotanyi babukereye
Umwe mu bari kuri iyi foto ni Hon Marie Claire Mukasine
TAGGED:featuredFPRGuma mu RugoInkotanyiKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ndasaba Abapolisi Kuba Intangarugero Mu Kubahiriza Amategeko- Min Ugirashebuja
Next Article Minisitiri w’Intebe wa Sudan Yasubijweho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?