Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abakozi Ba Leta Bahawe Umunsi W’Ikiruhuko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abakozi Ba Leta Bahawe Umunsi W’Ikiruhuko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 April 2024 7:18 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Minisitiri Bayisenge Jeannette mu Nteko asobanura Politiki y'umuryango
SHARE

Minisiteri y’abakozi ba Leta n’umurimo yatangaje ko kuri uyu wa Mbere taliki 08, Mata, 2024 ari umunsi w’ikiruhuko ku bakozi ba Leta n’abikorera. Ni umunsi ukurikiye uwo kuri iki Cyumweru taliki 07, Mata, 2024 umunsi u Rwanda n’isi muri rusange batangiye kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi.

Minisitiri Prof Jeannette Bayisenge uyobora Minisiteri y’abakozi ba Leta n’umurimo yasabye Abanyarwanda gukomeza kwibuka ariko baniyubaka.

Icyakora iri tangazo rije rivuguruza irindi ryari ryatangajwe mu mpera z’Icyumweru cyaraye kirangiye ryabwiraga Abanyarwanda bose ko ku wa Mbere taliki 08, Mata, 2024 ari umunsi W’AKAZI.

Itangazo ritanga ikiruhuko

Ifoto: Minisitiri Prof Jeannette Bayisenge

TAGGED:BayisengefeaturedIkiruhukoMinisitiri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amahitamo Yacu Yabaye Ubumwe Ngo Bube Intangiriro Ya Byose- Kagame
Next Article Mozambique: Abantu 90 Bishwe No Kurohama
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Kabila Arasomerwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Abageni Bwari Bucye Basezerana Bakubiswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Rulindo: Yafatanywe Ayo Kwishyura Abacukura Amabuye Mu Buryo Butemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?