Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abamaze Kwandura COVID-19 Mu Rwanda Barenze 25.000
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Abamaze Kwandura COVID-19 Mu Rwanda Barenze 25.000

admin
Last updated: 01 May 2021 1:10 am
admin
Share
SHARE

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatanu abamaze gusangwamo COVID-19 mu Rwanda bageze ku 25.116, nyuma y’uko abantu 121 bari bamaze gusangwamo virus itera iyo ndwara.

Uyu mubare w’ubwandu bushya wabonetse mu bipimo 4868 byasuzumwe, bituma ibipimo byose hamwe bimaze gufatwa biba 1.313.490.

Benshi mu basanzwemo uburwayi kuri uyu wa Gatanu ni abo mu turere twa Gicumbi (29), Karongi (25), Ngoma (17) na Nyamagabe (10).

Mu bamaze gusangwamo ubwandu bose hamwe, abarenga 92.8 ku ijana barakize, ku buryo abakirwaye ari 1547.

Kugeza ubu abarembye ni batatu, mu gihe abamaze kwitaba Imana ari 335.

Kuri uyu wa Gatanu hapfuye babiri barimo umugabo w’imyaka 83 w’i Huye n’umugabo w’imyaka 60 w’i Kigali.

TAGGED:COVID-19featuredNgamije DanielNsanzimana Sabin
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article ‘Muri Bo Nta Mana Irimo’: Kagame Abwira Abashaka Guha U Rwanda Amabwiriza
Next Article Kagame Yakomoje Ku Mayeri Y’Abarenga Ku Mabwiriza Yo Kwirinda COVID-19
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?