Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abamotari Bakomorewe Kuzimya Amatara Ku Manywa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abamotari Bakomorewe Kuzimya Amatara Ku Manywa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 March 2024 2:17 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu nama yahuje abamotari n’abapolisi hemerejwe ko moto zitacanye amatara ku manywa zitazajya zibuhanirwa. Amatara mu rwego rw’itegeko azajya acanwa guhera saa kumi n’ebyiri z’umugoroba.

Byemerejwe mu kiganiro cyahuje abamotari na Polisi cyabaye kuri uyu wa Mbere taliki 25, Werurwe, 2024.

Umwe mu bamotari witwa  Niyitegeka yabwiyeTaarifa ko ibyo Polisi yakoze bigiye kubakiza umutwaro wo kugura ampoules za buri kanya kubera gushya.

Avuga ko muri iki gihe ampoule imwe igura Frw 3500 kandi mu kwezi ebyeri zashoboraga gushya.

Ati: “ Ikitwa Umwangazi cyashyuhaga cyane kandi urabona ko nk’ubu izuba naryo riba ritatworoheye bityo za ampoules zigashya ubusa”.

Indi ngingo avuga ko ishimishije ni uko hemejwe ko iminsi umumotari yasabwaga kuba yishyuye amande y’igihano( contrevation) yongerewe ikava ku minsi itatu ikagera ku minsi bazamenyeshwa mu gihe kiri imbere.

Ubwo icyemezo cy’uko abamotari bagombaga kujya bacana amatara ku manywa cyafatwaga, benshi bavugaga ko ari uburyo bwo gucuruza ampoules za moto, ariko Polisi yo ikemeza ko iyo moto icanye amatara bituma umuntu ayibonera kure.

Kuyibonera kure kandi ngo biri mu bituma abatwara ibinyabiziga binini birinda kuyigonga.

TAGGED:GucanaItaraMotariPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kamonyi: Yapfiriye Ku Mupfumu Yagiye Kwivuza
Next Article Salva Kirr Yasubiye Kuganira Na Tshisekedi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?