Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abana Bazize Jenoside Ubu Bari Kuba Ari Inkumi N’Abasore- Miss Muheto
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abana Bazize Jenoside Ubu Bari Kuba Ari Inkumi N’Abasore- Miss Muheto

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 April 2022 2:39 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2022 yifatanyije n’abandi Banyarwanda kwibuka abana bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994.

Yabivugiye  ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Nyanza aho yari yagiye kwifatanya n’abagize Foundation Ndayisaba Fabrice.

Nyuma yo gushyira indabo ku rwibutso, Miss Muhito Divine Nshuti yavuze ko kwica abana ari icyaha gikomeye kandi cyahombeje u Rwanda mu gihe kirambye kubera ko abana bishwe, iyo baza kuba bagihumeka, ubu baba ari ingirakamaro ku Rwanda.

Muri iki gihe bari kuba barabyaye bahekeye kandi barerera u Rwanda.

Yavuze ko n’ubwo biriya byabaye bariya bana bakicwa, ariko urubyiruko ruriho muri iki gihe rufite inshingano zo kubaka u Rwanda no kururinda ko rwahungabana.

Ati: “ Nk’urubyiruko, twiteguye kuba aho aba bana bishwe muri Jenoside bari kuba bari. Tuzakora ibyo dushoboye byose tube ababyeyi n’abayobozi beza b’iki gihugu.”

"The children we are remembering today would be now adults and serving the country, but their lives were taken by the devil. We are saddened by what happened and we commit to fight the genocide and its ideology so that it never happens again" – Miss @Muheto_nshuti. #Kwibuka28 pic.twitter.com/N25ga3NxS8

— Miss Rwanda (@MissRwandaDotRW) April 10, 2022

Abaje gushyira indabo ku rwibutso rwa Gisozi barimo n’abana bafashwa na Foundation Ndayisaba Fabrice.

Iyi Foundation ifasha abana bari mu biruhuko kubona aho bahurira bakiga, bakaganira, bamwe bakigira ku bandi.

Bigishwa ibintu bitandukanye birimo ubumenyi rusange ariko n’ibindi bigize indangagaciro n’ikinyabupfura mu Banyarwanda.

Buri taliki 09, Mata, muri mwaka Foundation Ndayisaba Fabrice yifatanya n’abana kwibuka bagenzi babo bazize Jenoside yakorewe Abatutsi.

TAGGED:featuredJenosideMissMuhetoRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubukangurambaga Bwa Kambanda Ashishikariza Intiti Gukora Jenoside
Next Article Rubavu: Hari Ahantu Hibukiwe Jenoside Yakorewe Abatutsi Ku Nshuro YA MBERE
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abagendera Muri Rwandair Bazajya Bareberamo ‘Filimi Nyarwanda’

Abaturiye CIMERWA Bagiye Kwimurwa

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Abanyarwanda Bitabiriye UCI

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Tigers BBC Yatwaye Bwa Mbere Igikombe Cya Rwanda Cup

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

Muhanga: Ba Nyiri Ibirombe Bibukijwe Gushyira Abakozi Muri Ejo Heza

You Might Also Like

IkoranabuhangaImibereho Y'Abaturage

Ababyeyi Baraburirwa Ko Tik Tok Ibangiriza Abana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bagera Ahandi Bakisanga Mu Buretwa-Amb Kimonyo 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUmutekano

Kagame Yibukije Ingabo Z’u Rwanda Kuzibukira Ubusinzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?