Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abantu 14 Biciwe Icyarimwe Barashwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abantu 14 Biciwe Icyarimwe Barashwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 November 2022 6:57 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika muri Leta ya Chicago haraye haguye ishyano ubwo umuntu yarasaga abantu bari baje mu birori bita Halloween akica abantu 14, abandi icyenda bakaba bari hagati y’urupfu n’umupfumu.

Iri shyano ryabereye ahitwa Garfield ahitwa West Side muri Chicago.

Polisi ivuga ko mu bantu 14 bahasize ubuzima harimo n’abana bari baje muri biriya birori bihuza abantu baba bihinduye amasura basa n’ibikoko.

Kugeza ubu kandi Polisi iracyaperereza iby’iri raswa riri mu bikorwa by’ubugome bya vuba aha bihitanye Abanyamerika benshi icyarimwe.

Ikindi ni uko ngo Leta ya Chicago ari yo ya mbere igaragaramo urugomo kurusha izindi muri Amerika.

Kuva yatangira kuyoborwa na Lori Lightfoot mu mpera z’umwaka wa 2019 ngo yibasiwe cyane n’ibikorwa by’urugomo bihitana benshi.

Lori yari aherutse no kwamaganirwa kure ubwo yasabaga ko yakongezwa umushahara wa 5% kubera ngo ngo akora cyane, ariko abaturage bamwamaganira kure bavuga ko abaye akora cyane yaba yarahagaritse urugomo ruhamaze iminsi.

Madamu Lori Lightfoot buri kwezi agerana iwe umushahara  $209,915.

Madamu Lori Lightfoot

Yifuza ko bamwongerera umushahara ukagera ku  $216,210.

Ubwicanyi muri Chicago buriganje kubera ko n’imibare yo mu mwaka wa 2021 yerekana ko abantu 707 bishwe barashwe.

 

TAGGED:AmerikaChicagofeaturedKurasaUbwicanyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Israel Ikomeje Ubufatanye N’u Rwanda Mu Ugateza Imbere Ubuhinzi
Next Article DRC: Urubyiruko Rwasabwe Kujya Mu Gisirikare Ku Bwinshi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?