Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abantu 14 Biciwe Icyarimwe Barashwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abantu 14 Biciwe Icyarimwe Barashwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 November 2022 6:57 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika muri Leta ya Chicago haraye haguye ishyano ubwo umuntu yarasaga abantu bari baje mu birori bita Halloween akica abantu 14, abandi icyenda bakaba bari hagati y’urupfu n’umupfumu.

Iri shyano ryabereye ahitwa Garfield ahitwa West Side muri Chicago.

Polisi ivuga ko mu bantu 14 bahasize ubuzima harimo n’abana bari baje muri biriya birori bihuza abantu baba bihinduye amasura basa n’ibikoko.

Kugeza ubu kandi Polisi iracyaperereza iby’iri raswa riri mu bikorwa by’ubugome bya vuba aha bihitanye Abanyamerika benshi icyarimwe.

Ikindi ni uko ngo Leta ya Chicago ari yo ya mbere igaragaramo urugomo kurusha izindi muri Amerika.

Kuva yatangira kuyoborwa na Lori Lightfoot mu mpera z’umwaka wa 2019 ngo yibasiwe cyane n’ibikorwa by’urugomo bihitana benshi.

Lori yari aherutse no kwamaganirwa kure ubwo yasabaga ko yakongezwa umushahara wa 5% kubera ngo ngo akora cyane, ariko abaturage bamwamaganira kure bavuga ko abaye akora cyane yaba yarahagaritse urugomo ruhamaze iminsi.

Madamu Lori Lightfoot buri kwezi agerana iwe umushahara  $209,915.

Madamu Lori Lightfoot

Yifuza ko bamwongerera umushahara ukagera ku  $216,210.

Ubwicanyi muri Chicago buriganje kubera ko n’imibare yo mu mwaka wa 2021 yerekana ko abantu 707 bishwe barashwe.

 

TAGGED:AmerikaChicagofeaturedKurasaUbwicanyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Israel Ikomeje Ubufatanye N’u Rwanda Mu Ugateza Imbere Ubuhinzi
Next Article DRC: Urubyiruko Rwasabwe Kujya Mu Gisirikare Ku Bwinshi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?