Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abantu 26 Bafashwe Batwaye Ibinyabiziga ‘Basinze’ 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abantu 26 Bafashwe Batwaye Ibinyabiziga ‘Basinze’ 

admin
Last updated: 21 June 2021 6:55 am
admin
Share
SHARE

Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru abantu 26 bafashwe batwaye ibinyabiziga banyoye ibisindisha, bamwe banarengeje isaha ya saa tatu z’ijoro yo kuba bageze aho bataha nk’uko amabwiriza yo kurwanya COVID-19 abivuga.

Ni igikorwa cyabereye ku cyicaro cya Polisi mu Karere ka Nyarugenge mu Murenge wa Rwezamenyo, kuri iki Cyumweru. Bafashwe kuva tariki ya 16 kugeza tariki ya 19 Kamena.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda CP John Bosco Kabera yavuze ko bariya bantu uko ari 26 bafatiwe mu Mujyi wa Kigali mu minsi ine ikurikirana.

Yakomeje avuga ko babikoze ku bushake kandi babizi, kuko bose ari abashoferi bafite impushya zibemerera gutwara ibinyabiziga, kandi bose bazi amabwiriza yo kurwanya COVID-19.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yongeye kwibutsa abantu ko “gutwara ikinyabiziga wanyoye ibisindisha bitemewe ariyo mpamvu abazajya babifatirwamo bazajya babihanirwa”.

Umwe mu bafashwe yanyoye ibisindisha ukora akazi ko gutwara moto, yemeye ko ibyo yakoze ari amakosa kuko byashoboraga guteza impanuka zo mu muhanda.

CP Kabera yaburiye abantu ko Polisi itazahwema kugenzura iyubahirizwa ry’amabwiriza yo kurwanya COVID-19 no kurwanya abatwara ibinyabiziga banyoye ibisindisha.

Yongeye kwibutsa abantu ko uzajya yanga gupimwa ngo harebwe ko atasinze, bizajya biba bisobanuye ko yemeye ko yasinze.

TAGGED:COVID-19featuredPolisi y’u Rwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Bushinwa Bwarengeje Abaturage Miliyari Bamaze Gukingirwa COVID-19
Next Article Ambasaderi W’U Rwanda Muri Ghana Yasabye Abayituye ‘Kurushaho’ Gukunda Ubukerarugendo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?