Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanya Kenya Na Ethiopia Baje Mu Ba Mbere Muri Kigali Peace Marathon
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Abanya Kenya Na Ethiopia Baje Mu Ba Mbere Muri Kigali Peace Marathon

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 June 2024 11:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urutonde rwakozwe n’abateguye isiganwa mpuzamahanga ngarukamwaka rikorwa ku maguru ryitwa Kigali Peace Marathon batangaje ko mu bagore barisiganwemo, abo muri Ethiopia na Kenya ari bo bihariye imyanya 10 ya mbere.

Uwa mbere mu bagore ni Joan Kipyatich ukomoka muri Kenya akaba yakoresheje amasaha abairi, iminota 33, 24.

Icyakora Umunyarwandakazi waje ku mwanya mwiza ni uwaje ku wa gatatu uwo akaba ari Emeline Imanizabayo.

Umunyarwanda witwa Mutabazi Emmanuel yegukanye umudali wa Bronze nyuma yo kuba uwa gatatu muri Half Marathon ya ‘Kigali International Peace Marathon 2024’

Umunya-Kenya Francis Kipkorir yegukanye umwanya wa mbere, akurikirwa na mwenewabo Leonard Kipkoech Langat.

Iri siganwa ryatangijwe kuri iki Cyumweru taliki 09, Kamena, 2024 na Minisitiri wa Siporo Aurore Munyangaju Mimosa rikaba ryabaye ku nshuro ya 19.

Kigali International Peace Marathon ya 2024 yatangiriye kuri BK Arena saa Mbiri.

Abaryiyandikishijemo ni 10,183 bo mu bihugu 35.

Saa Mbiri zuzuye hahagurutse abiruka mu kitwa Half Marathon bagera ku 3,605 na Full Marathon bagera ku 1,142.

Saa Mbiri n’iminota 50 ni bwo hahaguruka abakina “Run for Peace” y’ibilometero 10, aho iki cyiciro kiyandikishijemo 5,456.

Yatangiye kuba mu mwaka wa 2005.

TAGGED:featuredKenyaKwirukamarathonMunyangajurPeace
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uko Igitero Cya Israel Cyabohoye Imbohe Muri Gaza Cyakozwe
Next Article Mu Bashakaga Kwiyamamariza Ubuperezida Hari Uwatangaga Frw 2000 Ngo Bamusinyire-Utumatwishima
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?