Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanya Kenya Na Ethiopia Baje Mu Ba Mbere Muri Kigali Peace Marathon
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Abanya Kenya Na Ethiopia Baje Mu Ba Mbere Muri Kigali Peace Marathon

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 June 2024 11:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urutonde rwakozwe n’abateguye isiganwa mpuzamahanga ngarukamwaka rikorwa ku maguru ryitwa Kigali Peace Marathon batangaje ko mu bagore barisiganwemo, abo muri Ethiopia na Kenya ari bo bihariye imyanya 10 ya mbere.

Uwa mbere mu bagore ni Joan Kipyatich ukomoka muri Kenya akaba yakoresheje amasaha abairi, iminota 33, 24.

Icyakora Umunyarwandakazi waje ku mwanya mwiza ni uwaje ku wa gatatu uwo akaba ari Emeline Imanizabayo.

Umunyarwanda witwa Mutabazi Emmanuel yegukanye umudali wa Bronze nyuma yo kuba uwa gatatu muri Half Marathon ya ‘Kigali International Peace Marathon 2024’

Umunya-Kenya Francis Kipkorir yegukanye umwanya wa mbere, akurikirwa na mwenewabo Leonard Kipkoech Langat.

Iri siganwa ryatangijwe kuri iki Cyumweru taliki 09, Kamena, 2024 na Minisitiri wa Siporo Aurore Munyangaju Mimosa rikaba ryabaye ku nshuro ya 19.

Kigali International Peace Marathon ya 2024 yatangiriye kuri BK Arena saa Mbiri.

Abaryiyandikishijemo ni 10,183 bo mu bihugu 35.

Saa Mbiri zuzuye hahagurutse abiruka mu kitwa Half Marathon bagera ku 3,605 na Full Marathon bagera ku 1,142.

Saa Mbiri n’iminota 50 ni bwo hahaguruka abakina “Run for Peace” y’ibilometero 10, aho iki cyiciro kiyandikishijemo 5,456.

Yatangiye kuba mu mwaka wa 2005.

TAGGED:featuredKenyaKwirukamarathonMunyangajurPeace
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uko Igitero Cya Israel Cyabohoye Imbohe Muri Gaza Cyakozwe
Next Article Mu Bashakaga Kwiyamamariza Ubuperezida Hari Uwatangaga Frw 2000 Ngo Bamusinyire-Utumatwishima
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Bigoranye Police FC Yakuye Ku Izima APR FC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?