Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanya Uganda Bafashwe Bavuye Gutora Perezida Wa Kenya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Abanya Uganda Bafashwe Bavuye Gutora Perezida Wa Kenya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 August 2022 3:48 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Polisi ya Kenya yafashe abaturage ba Uganda bari bari mu ikamyo yavaga muri Kenya bavuye gutora Perezida w’iki gihugu kandi batagifitiye ubwenegihugu.

Kugeza ubu ntiharamenyekana uwo bari bagiye gutora ariko amakuru avuga ko bageze muri Kenya ku wam mbere.

Abanya Kenya babaga muri Uganda nabo barambutse bajya gutora umukandida bashaka kuko bo babyemerewe ariko muri bo hari bamwe mu baturage ba Uganda bahisemo kubakurikira kandi batabyemerewe.

Umwe mu bayobozi ba Polisi bashinzwe abinjira n’abasohoka witwa Omar yavuze ko muri rusange buri muturage wa Kenya uba muri Uganda afite uburenganzira bwo kwambuka agatora umukandida ashaka yarangiza agasubira iyo aba.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Icyakora avuga ko bidakwiye ko umuturage bwa Uganda ava iwabo akaza muri Kenya yiyise umuturage wayo ngo aje gutora.

Omar avuga ko Kenya ihanahana amakuru na Uganda ku byerekeye abinjira n’abasohoka kandi ngo birafasha mu kurinda ko hari umuntu waza guhungabanya umutekano w’ibi bihugu mu buryo bwinshi harimo no kuvangira amatora.

Kenya na Uganda bihana imbibi

Hari abashinzwe umutekano barenga 1500 boherejwe ku mipaka wa Lwakhakha kugira ngo barebe ko ibintu bimeze neza ku mpande zombi.

 

TAGGED:AmatorafeaturedKenyaPerezidaUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kikwete Yagize Icyo Avuga Ku Matora Aherutse Muri Kenya
Next Article Ubukungu Bushingiye Ku Ifaranga Bwarazamutse N’Ubwo Butabuze Imbogamizi- Guverineri Rwangombwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?