Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanya Uganda Bafashwe Bavuye Gutora Perezida Wa Kenya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Abanya Uganda Bafashwe Bavuye Gutora Perezida Wa Kenya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 August 2022 3:48 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Polisi ya Kenya yafashe abaturage ba Uganda bari bari mu ikamyo yavaga muri Kenya bavuye gutora Perezida w’iki gihugu kandi batagifitiye ubwenegihugu.

Kugeza ubu ntiharamenyekana uwo bari bagiye gutora ariko amakuru avuga ko bageze muri Kenya ku wam mbere.

Abanya Kenya babaga muri Uganda nabo barambutse bajya gutora umukandida bashaka kuko bo babyemerewe ariko muri bo hari bamwe mu baturage ba Uganda bahisemo kubakurikira kandi batabyemerewe.

Umwe mu bayobozi ba Polisi bashinzwe abinjira n’abasohoka witwa Omar yavuze ko muri rusange buri muturage wa Kenya uba muri Uganda afite uburenganzira bwo kwambuka agatora umukandida ashaka yarangiza agasubira iyo aba.

Icyakora avuga ko bidakwiye ko umuturage bwa Uganda ava iwabo akaza muri Kenya yiyise umuturage wayo ngo aje gutora.

Omar avuga ko Kenya ihanahana amakuru na Uganda ku byerekeye abinjira n’abasohoka kandi ngo birafasha mu kurinda ko hari umuntu waza guhungabanya umutekano w’ibi bihugu mu buryo bwinshi harimo no kuvangira amatora.

Kenya na Uganda bihana imbibi

Hari abashinzwe umutekano barenga 1500 boherejwe ku mipaka wa Lwakhakha kugira ngo barebe ko ibintu bimeze neza ku mpande zombi.

 

TAGGED:AmatorafeaturedKenyaPerezidaUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kikwete Yagize Icyo Avuga Ku Matora Aherutse Muri Kenya
Next Article Ubukungu Bushingiye Ku Ifaranga Bwarazamutse N’Ubwo Butabuze Imbogamizi- Guverineri Rwangombwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

U Rwanda Rugiye Kwikira Inama Y’Abayobora Amashuri Ya Gisirikare Muri Afurika 

DRC Yishimiye Isinywa Ry’Imikoranire N’u Rwanda Mu Majyambere

Nta Gihugu Cyakijijwe Naza NGOs-Perezida Kagame

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

Nyarugenge: Polisi Yafashe Abanigaga Abantu Mu Ijoro Batashye

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Kagame Ari Muri Qatar Mu Kwigira Hamwe N’Abandi Icyarushaho Guteza Imbere Isi

Kuri Perezida Kagame Nta Terambere Rirambye Igihe Umuturage Ahejwe

You Might Also Like

Ubukungu

Ibiciro Bya Lisansi Na Mazutu Byazamutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Abanyarwanda Banywa Ikawa Ni 5%-NAEB

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Tuzakomeza Gukorana N’u Rwanda No Mu Guhanga Udushya-Amb Wa Israel

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Rwanda: 34% By’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Nibo Bateganyirizwa N’Abakoresha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?