Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyabigwi Ba Arsenal Bagiye Kuganira N’Abafana Bayo Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Abanyabigwi Ba Arsenal Bagiye Kuganira N’Abafana Bayo Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 February 2022 10:52 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abagabo batatu bigeze kuba ibyamamare bibiri ari bo Robert Pires w’imyaka 47, Ray Parlour  nana David Seaman biteze gukinira Arsenal mu myaka ya 1992 kuzamura kugeza mu mwaka wa 2004 mu bihe bitandukanye bagiye kuganira n’abafana ba Arsenal mu Rwanda bahagarariye abandi.

Pires yakiniye Arsenal kuva mu 2000 kugera muri 2006, Ray Parlour w’imyaka 48 yakiniye Arsenal hagati ya 1992 na 2004, n’aha umunyezamu David Seaman yakiniye Arsenal hagati ya 1990–2003.

Hari umufana wa Arsenal wabwiye Taarifa ko iyo urebye usanga ikipe bariya bagabo bari barimo ari yo iheruka guha abafana ba Arsenal ibyishimo.

Icyo gihe ngo Arsenal yararyanaga.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yatozwaga na Arsene Wenger.

Ibi byamamare biri mu Rwanda byahageze mu minsi ine ishize, bisura ahantu hatandukanye harimo no muri Pariki ya Nyungwe nk’uko amafoto yatangajwe na RDB ku rukuta rwayo rwa Twitter aherutse kubyerekena.

Aba bagabo bari mu Rwanda muri gahunda ya Visit Rwanda

Nyuma yo gusura iriya Pariki baraye muri imwe muri Hoteli z’i Rusizi.

Aba bagabo batatu bari mu Rwanda mu rwego rw’amasezerano u Rwanda rufitanye n’Arsenal yiswe Visit Rwanda.

Perezida Paul Kagame aherutse kubwira itangazamakuru mpuzamahanga yavugaga ko u Rwanda rwahombeye mu gukorana na Arsenal ko ababyumva batyo bibeshya.

- Advertisement -

Umukuru w’igihugu yavuze ko u Rwanda rwungutse inshuro nyinshi kurusha uko byari byitezwe mbere.

Taarifa irabakurikiranira uko ibiganiro hagati y’ibi byamamare n’abafana ba Arsenal mu Rwanda biri bugende…

Aho abari butange ibiganiro bari bwicare
Abafana ba Arsenal mu Rwanda baje kureba ibyamamare bafannye biratinda mu myaka yashize
Gahunda ya butangire saa yine ariko biratangira isaha yateganyijwe yarenze
Fan Clubs za Arsenal zirahagarariwe
TAGGED:ArsenalfeaturedIbyamamareIkipeKagameRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gen Kandiho Yashyizwe Muri Polisi Ya Uganda
Next Article Pires Na Ray Bo Muri Arsenal Bati: “ Umurishyo W’Ingoma N’Ingagi Twabonye Byaradutangaje”
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?