Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyabigwi Ba Arsenal Bagiye Kuganira N’Abafana Bayo Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Abanyabigwi Ba Arsenal Bagiye Kuganira N’Abafana Bayo Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 February 2022 10:52 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abagabo batatu bigeze kuba ibyamamare bibiri ari bo Robert Pires w’imyaka 47, Ray Parlour  nana David Seaman biteze gukinira Arsenal mu myaka ya 1992 kuzamura kugeza mu mwaka wa 2004 mu bihe bitandukanye bagiye kuganira n’abafana ba Arsenal mu Rwanda bahagarariye abandi.

Pires yakiniye Arsenal kuva mu 2000 kugera muri 2006, Ray Parlour w’imyaka 48 yakiniye Arsenal hagati ya 1992 na 2004, n’aha umunyezamu David Seaman yakiniye Arsenal hagati ya 1990–2003.

Hari umufana wa Arsenal wabwiye Taarifa ko iyo urebye usanga ikipe bariya bagabo bari barimo ari yo iheruka guha abafana ba Arsenal ibyishimo.

Icyo gihe ngo Arsenal yararyanaga.

Yatozwaga na Arsene Wenger.

Ibi byamamare biri mu Rwanda byahageze mu minsi ine ishize, bisura ahantu hatandukanye harimo no muri Pariki ya Nyungwe nk’uko amafoto yatangajwe na RDB ku rukuta rwayo rwa Twitter aherutse kubyerekena.

Aba bagabo bari mu Rwanda muri gahunda ya Visit Rwanda

Nyuma yo gusura iriya Pariki baraye muri imwe muri Hoteli z’i Rusizi.

Aba bagabo batatu bari mu Rwanda mu rwego rw’amasezerano u Rwanda rufitanye n’Arsenal yiswe Visit Rwanda.

Perezida Paul Kagame aherutse kubwira itangazamakuru mpuzamahanga yavugaga ko u Rwanda rwahombeye mu gukorana na Arsenal ko ababyumva batyo bibeshya.

Umukuru w’igihugu yavuze ko u Rwanda rwungutse inshuro nyinshi kurusha uko byari byitezwe mbere.

Taarifa irabakurikiranira uko ibiganiro hagati y’ibi byamamare n’abafana ba Arsenal mu Rwanda biri bugende…

Aho abari butange ibiganiro bari bwicare
Abafana ba Arsenal mu Rwanda baje kureba ibyamamare bafannye biratinda mu myaka yashize
Gahunda ya butangire saa yine ariko biratangira isaha yateganyijwe yarenze
Fan Clubs za Arsenal zirahagarariwe
TAGGED:ArsenalfeaturedIbyamamareIkipeKagameRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gen Kandiho Yashyizwe Muri Polisi Ya Uganda
Next Article Pires Na Ray Bo Muri Arsenal Bati: “ Umurishyo W’Ingoma N’Ingagi Twabonye Byaradutangaje”
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?