Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyeshuri Ba ULK Bari Guhugurwa Uko Bahanga Imirimo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Abanyeshuri Ba ULK Bari Guhugurwa Uko Bahanga Imirimo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 November 2022 3:17 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Muri Kaminuza yigenga ya Kigali hatangijwe ikigo kitwa Business Incubation Center kizaha abaryigamo amasomo  y’igihe gito abafasha kumenya uko bahanga imirimo.

Abanyeshuri ba Kaminuza bashaka kuzaba ba rwiyemezamirimo bazajya bahabwa ubumenyi butandukanye bw’uburyo bahanga umurimo.

Umuyobozi wa Business Incubation Center y’iyi Kaminuza witwa Gilbert Banamwana yabwiye Taarifa ko iriya Kaminuza yifuza ko abanyeshuri bayirangizamo bazajya bigishwa uko bihangira  umurimo mu rwego rwo guhangana n’ubushomeri.

Umwe mu barimu bahugura abanyeshuri mu kwihangira umurimo

Ubusanzwe iyi Kaminuza isanzwe yigisha byinshi birimo n’amasomo y’ubukungu.

Banamwana ati: “Iki kigo kimaze imyaka ibiri gitanga amahugurwa y’igihe gito, kigahuza ba rwiyemezamirimo na za banki ndetse n’abashoramari.”

Ba rwiyemezamirimo barakigana kikaba izindi serivisi zirimo no kumenyekanisha imisoro.

Kuri uyu wa Kane, Taliki 24, Ugushyingo, 2022  nabwo hatangijwe ikindi cyiciro cy’abanyeshuri bagomba guhabwa amahugurwa mu buryo bwo  kwihangira imirimo.

Ubuyobozi bw’iri shuri buvuga ko hari amahugurwa amwe batanga ku buntu andi akishyurwa.

Buri kiciro gihuguwe kiba kigizwe n’abantu 37.

Babwiwe ko guhanga umurimo no gutuma uramba bisaba kwiyemeza no gukoresha neza ibyo ufite

Ubwo COVID-19 yadukaga mu Rwanda hari abantu 725 bari bariyandikishije ngo bazahugurwe ariko ntibyakunda.

Nyuma y’uko igenjeje amaguru make, abantu bongeye batangiye guhugurwa.

TAGGED:AbanyeshuriULK
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Raila Odinga Yashinje Ruto Kugira Igihugu Akarima Ke
Next Article Kigali-Gisagara: Umuhanda Mushya Wongewe Muri Tour Du Rwanda 2023
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?