Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyeshuri Ba ULK Bari Guhugurwa Uko Bahanga Imirimo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Abanyeshuri Ba ULK Bari Guhugurwa Uko Bahanga Imirimo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 November 2022 3:17 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Muri Kaminuza yigenga ya Kigali hatangijwe ikigo kitwa Business Incubation Center kizaha abaryigamo amasomo  y’igihe gito abafasha kumenya uko bahanga imirimo.

Abanyeshuri ba Kaminuza bashaka kuzaba ba rwiyemezamirimo bazajya bahabwa ubumenyi butandukanye bw’uburyo bahanga umurimo.

Umuyobozi wa Business Incubation Center y’iyi Kaminuza witwa Gilbert Banamwana yabwiye Taarifa ko iriya Kaminuza yifuza ko abanyeshuri bayirangizamo bazajya bigishwa uko bihangira  umurimo mu rwego rwo guhangana n’ubushomeri.

Umwe mu barimu bahugura abanyeshuri mu kwihangira umurimo

Ubusanzwe iyi Kaminuza isanzwe yigisha byinshi birimo n’amasomo y’ubukungu.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Banamwana ati: “Iki kigo kimaze imyaka ibiri gitanga amahugurwa y’igihe gito, kigahuza ba rwiyemezamirimo na za banki ndetse n’abashoramari.”

Ba rwiyemezamirimo barakigana kikaba izindi serivisi zirimo no kumenyekanisha imisoro.

Kuri uyu wa Kane, Taliki 24, Ugushyingo, 2022  nabwo hatangijwe ikindi cyiciro cy’abanyeshuri bagomba guhabwa amahugurwa mu buryo bwo  kwihangira imirimo.

Ubuyobozi bw’iri shuri buvuga ko hari amahugurwa amwe batanga ku buntu andi akishyurwa.

Buri kiciro gihuguwe kiba kigizwe n’abantu 37.

- Advertisement -
Babwiwe ko guhanga umurimo no gutuma uramba bisaba kwiyemeza no gukoresha neza ibyo ufite

Ubwo COVID-19 yadukaga mu Rwanda hari abantu 725 bari bariyandikishije ngo bazahugurwe ariko ntibyakunda.

Nyuma y’uko igenjeje amaguru make, abantu bongeye batangiye guhugurwa.

TAGGED:AbanyeshuriULK
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Raila Odinga Yashinje Ruto Kugira Igihugu Akarima Ke
Next Article Kigali-Gisagara: Umuhanda Mushya Wongewe Muri Tour Du Rwanda 2023
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Ubukungu

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?