Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyeshuri Ba UR Bongeye Guhabwa Mudasobwa Nyuma Y’Izo ‘Bagurishije’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abanyeshuri Ba UR Bongeye Guhabwa Mudasobwa Nyuma Y’Izo ‘Bagurishije’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 January 2024 1:25 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisiteri y’uburezi na Kaminuza y’u Rwanda basubukuye guha laptops abanyeshuri b’iyi Kaminuza bazisabye. Gahunda yo gutanga izi mudasobwa zigendenwa isubukuwe nyuma y’uko Kaminuza y’u Rwanda ibwiye Taarifa ko hari abanyeshuri bazihawe barazigurisha.

Ignasius Kabagambe usanzwe ari umuvugizi wa Kaminuza y’u Rwanda yavuze ko kuba hari abanyeshuri bagurisha ziriya mashini ari igikorwa kibi, gihombya Leta kandi kigatuma abandi banyeshuri batazabona mudasobwa mu gihe kiri imbere.

Amakuru atangazwa kuri uyu wa Kane ariko, aremeza ko hasubukuwe igikorwa cyo guha abandi banyeshuri mudasobwa zo gukoresha, zikaba zigenewe abiga ku nguzanyo ya Leta nyuma yo gusinyan amasezerano na Banki y’Igihugu Itsura Amajyambere BRD muri gahunda yayo yiswe ‘Minuza.’

Gutanga izi mudasobwa byari byarahagaritswe muri Kamena, 2023, icyo gihe bikaba byaravugwaga ko mudasobwa zatangwaga zitari zikomeye bihagije ku buryo zikora akazi zagenewe.

Indi mpamvu yari iy’uko abanyeshuri bazigurishaga kandi bitemewe.

Abenshi muzihawe bakazigurisha bavuga ko babiterwaga n’uko babaga babuze amafaranga yo kwifashisha mu myigire yabo.

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’uburezi ushinzwe ikoranabuhanga n’ubumenyi ngiro Irere Claudette niwe wari umushyitsi mukuru muri iki gikorwa

UR Irishyuza Abanyeshuri Bahawe Mudasobwa Bakazirya

TAGGED:BRDfeaturedKabagambeKaminuzaMudasobwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Algérie Nticana Uwaka Na Leta Ziyunze Z’Abarabu
Next Article Yvonne Kabarokore Azahagararira u Rwanda Muri Miss Planet International
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?