Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyeshuri Ba UR Bongeye Guhabwa Mudasobwa Nyuma Y’Izo ‘Bagurishije’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abanyeshuri Ba UR Bongeye Guhabwa Mudasobwa Nyuma Y’Izo ‘Bagurishije’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 January 2024 1:25 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisiteri y’uburezi na Kaminuza y’u Rwanda basubukuye guha laptops abanyeshuri b’iyi Kaminuza bazisabye. Gahunda yo gutanga izi mudasobwa zigendenwa isubukuwe nyuma y’uko Kaminuza y’u Rwanda ibwiye Taarifa ko hari abanyeshuri bazihawe barazigurisha.

Ignasius Kabagambe usanzwe ari umuvugizi wa Kaminuza y’u Rwanda yavuze ko kuba hari abanyeshuri bagurisha ziriya mashini ari igikorwa kibi, gihombya Leta kandi kigatuma abandi banyeshuri batazabona mudasobwa mu gihe kiri imbere.

Amakuru atangazwa kuri uyu wa Kane ariko, aremeza ko hasubukuwe igikorwa cyo guha abandi banyeshuri mudasobwa zo gukoresha, zikaba zigenewe abiga ku nguzanyo ya Leta nyuma yo gusinyan amasezerano na Banki y’Igihugu Itsura Amajyambere BRD muri gahunda yayo yiswe ‘Minuza.’

Gutanga izi mudasobwa byari byarahagaritswe muri Kamena, 2023, icyo gihe bikaba byaravugwaga ko mudasobwa zatangwaga zitari zikomeye bihagije ku buryo zikora akazi zagenewe.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Indi mpamvu yari iy’uko abanyeshuri bazigurishaga kandi bitemewe.

Abenshi muzihawe bakazigurisha bavuga ko babiterwaga n’uko babaga babuze amafaranga yo kwifashisha mu myigire yabo.

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’uburezi ushinzwe ikoranabuhanga n’ubumenyi ngiro Irere Claudette niwe wari umushyitsi mukuru muri iki gikorwa

UR Irishyuza Abanyeshuri Bahawe Mudasobwa Bakazirya

TAGGED:BRDfeaturedKabagambeKaminuzaMudasobwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Algérie Nticana Uwaka Na Leta Ziyunze Z’Abarabu
Next Article Yvonne Kabarokore Azahagararira u Rwanda Muri Miss Planet International
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?