Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyifurije Isabukuru Nziza Babe Baretse Ntiragera Kandi COVID-19 Iracyahari: CP Kabera
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Abanyifurije Isabukuru Nziza Babe Baretse Ntiragera Kandi COVID-19 Iracyahari: CP Kabera

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 May 2021 11:24 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 29/5/2021 hari abari bavuze ko ari umunsi w’amavuko w’umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera. Kuri Twitter yabashimiye ariko ababwira ko bibeshye ahubwo bakwihangana igihe cyazagera ibihe ari byiza akazababwira.

Yababwiye ko n’ubwo uriya munsi waba wabaye kubatumira ngo bishimane bitakunda kuko abantu bagomba kubahiriza amabwiriza yo kwirinda COVID -19.

Yabwiye Taarifa ko abapolisi bagomba kuba intangarugero mu kubahiriza amabwiriza agenga kwirinda kiriya cyorezo.

Ati: ” Ndashima abari banyifurije ibyiza ku munsi wanjye w’amavuko n’ubwo atari wo ariko ni ngombwa ko niyo waba wabaye ku wundi wese aba agomba kwirinda guhura n’abandi benshi kuko bitemewe.”

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

CP Kabera avuga ko n’abandi Banyarwanda bagombye kumva ko kubahiriza amabwiriza yose yo kwirinda kwandura cyangwa kwanduzanya COVID-19 ari bo bigirira akamaro.

Kuri Twitter abamukurikirana yabasezeranyije ko igihe nikigera azabatumira bakishimana ariko ko bizaterwa n’uko icyorezo kizaba gihagaze.

Imibare yaraye itangajwe na RBC yerekanye ko abantu banduye kiriya cyorezo kuri uyu wa Gatandatu biganjemo abo mu Mujyi wa Kigali.

Muri rusange ariko Akarere ka Karongi n’aka Gicumbi ari two turimo abanduye benshi.

‘Biteganyijwe’ ko  tariki 30/5/2021 aribwo hari buterane inama y’Abaminisitiri iri bufatirwemo izindi ngamba kuri kiriya cyorezo

- Advertisement -
TAGGED:COVID-19featuredIsabukuruKabera
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tshisekedi Yasabye Abaturage Kwitondera Gusubira I Goma
Next Article Ibimenyetso Bikomeje Kuba Byinshi Ko Ntamuhanga Cassien ‘Yafashwe’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?