Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyifurije Isabukuru Nziza Babe Baretse Ntiragera Kandi COVID-19 Iracyahari: CP Kabera
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Abanyifurije Isabukuru Nziza Babe Baretse Ntiragera Kandi COVID-19 Iracyahari: CP Kabera

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 May 2021 11:24 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 29/5/2021 hari abari bavuze ko ari umunsi w’amavuko w’umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera. Kuri Twitter yabashimiye ariko ababwira ko bibeshye ahubwo bakwihangana igihe cyazagera ibihe ari byiza akazababwira.

Yababwiye ko n’ubwo uriya munsi waba wabaye kubatumira ngo bishimane bitakunda kuko abantu bagomba kubahiriza amabwiriza yo kwirinda COVID -19.

Yabwiye Taarifa ko abapolisi bagomba kuba intangarugero mu kubahiriza amabwiriza agenga kwirinda kiriya cyorezo.

Ati: ” Ndashima abari banyifurije ibyiza ku munsi wanjye w’amavuko n’ubwo atari wo ariko ni ngombwa ko niyo waba wabaye ku wundi wese aba agomba kwirinda guhura n’abandi benshi kuko bitemewe.”

CP Kabera avuga ko n’abandi Banyarwanda bagombye kumva ko kubahiriza amabwiriza yose yo kwirinda kwandura cyangwa kwanduzanya COVID-19 ari bo bigirira akamaro.

Kuri Twitter abamukurikirana yabasezeranyije ko igihe nikigera azabatumira bakishimana ariko ko bizaterwa n’uko icyorezo kizaba gihagaze.

Imibare yaraye itangajwe na RBC yerekanye ko abantu banduye kiriya cyorezo kuri uyu wa Gatandatu biganjemo abo mu Mujyi wa Kigali.

Muri rusange ariko Akarere ka Karongi n’aka Gicumbi ari two turimo abanduye benshi.

‘Biteganyijwe’ ko  tariki 30/5/2021 aribwo hari buterane inama y’Abaminisitiri iri bufatirwemo izindi ngamba kuri kiriya cyorezo

TAGGED:COVID-19featuredIsabukuruKabera
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tshisekedi Yasabye Abaturage Kwitondera Gusubira I Goma
Next Article Ibimenyetso Bikomeje Kuba Byinshi Ko Ntamuhanga Cassien ‘Yafashwe’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?