Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abapolisi Batawe Muri Yombi Bazira Kwiba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abapolisi Batawe Muri Yombi Bazira Kwiba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 March 2023 8:30 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Iperereza ryatangiye ku bapolisi babiri baherutse gufatwa bakurikiranyweho kwiba amadolari menshi angana na Miliyoni Sh 5 z’amafaranga ya Kenya.

Bari basanzwe bakorera ahitwa Kilimani n’i Muthangari, ubu bakaba bafungiye ahitwa Mlolongo mu Ntara ya Machakos.

Polisi ya Kenya ivuga  bariya ba polisi banafatanywe zahabu ifite agaciro ka Miliyoni Sh 6 z’amashilingi ya Kenya.

Ariya mafaranga ndetse n’iriya zahabu byari iby’abacuruzi batatu.

Byibwe Taliki 22, Gashyantare, 2023.

Bikimenyekana hahise hatangira iperereza, abakekwaho ruhare muri ubwo bujura baza gufatwa mu masaha make yakurikiyeho.

The Nation yanditse ko abapolisi bavugwaho buriya bujura, babukoze ubwo basangaga bariya bacuruzi aho bari bari, bakabambura ibyo bari bafite, barangiza bakigendera.

Igihe cyarageze, abo bacuruzi bajya kurega kuri station ya Polisi, nayo itangira gushakisha abo bapolisi.

Bamaze gufatwa, Polisi yahamagaje ba bacuruzi ngo baze barebe neza niba koko ari abo babibye, abandi basanga nibo.

Umuyobozi wa Polisi muri Nairobi witwa Adamson Bungei  avuga ko uko bizagenda kose bariya bapolisi bazakurikiranwa.

Icyakora si ubwa mbere abapolisi ba Kenya bavuzweho uruhare mu bujura bukorerwa hirya no hino muri kiriya gihugu.

Taliki 10, Mutarama, 2023, abapolisi bane bafatiwe kandi bafungirwa i Nairobi nyuma yo gukekwaho kugira uruhare mu bujura bwakorewe umucuruzi akibwa miliyoni Sh2.

Abo bapolisi bari bafite imbunda yo mu bwoko bwa pistols.

Bafatiwe ahitwa Muthaiga.

TAGGED:AbajuraAmafarangaKenyaPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Minisitiri W’Intebe Ari Muri Qatar Mu Nama Yiga Ku Bukene
Next Article Nyamasheke: Bafatanywe Ibilo 800 Bya Magendu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?