Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abaraperi Bagiye Kuhiganwa Ubuhanga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImyidagaduroMu Rwanda

Abaraperi Bagiye Kuhiganwa Ubuhanga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 June 2025 10:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Bull dog ni umwe mu baraperi bakomeye bazitabira iri serukiramuco.
SHARE

Mu ntangiriro za Nyakanga, 2025, mu Mujyi wa Kigali hazabera iserukiramuco ryiswe I Am Hip Hop Festival rizahuriramo abaraperi bakomeye na bagenzi babo, bakazaryerekaniramo ubuhanga barushanwa.

Rizabera ku kigo Institut Français du Rwanda kiri mu Kiyovu mu Karere ka Nyarugenge hagati ya Tariki 04 na Tariki 05, Nyakanga, 2025.

Abariteguye bagize ikitwa Green Ferry Music basanzwe baharanira kuzamura impano mu njyana ya Hip Hop ikorerwa mu Rwanda.

Muri iryo serukiramuco, hazabera kandi ibikorwa bitandukanye by’imyidagaduro n’umuco wa Hip Hop birimo ibitaramo, amarushanwa ya breakdance[ imibyinire yo mu Burengerazuba bw’isi], imurikabikorwa, ibirori by’abavanga umuziki bita aba DJs, imideli n’ibindi.

Mu mwaka wa 2017 nibyo byatangiye ari ibitaramo bito, biraguka, ubu bisigaye ari ikintu ngarukamwaka gifasha kuzamura impano nshya no guteza imbere Hip Hop nyarwanda.

Abahanzi bamaze kwemezwa ko bazitabira iri serukiramuco kuri iyi nshuro ni Bull Dogg, P-Fla, Jay C, Barick Music, DJ Black, Sano Boi, Chaka Fella, TheDiceKid n’abandi.

Amafaranga Frw 10,000 niyo uzacyitabira azishyura muri icyo gihe cy’iminsi ibiri.

Abo mu kigo  Green Ferry Music bavuga ko atari urubuga rwo kwidagadura gusa, ahubwo ari n’ahantu habera ibikorwa byo kuzamura impano z’Abanyarwanda no guteza imbere umuco wa Hip Hop mu Rwanda no mu Karere.

TAGGED:AbaraperiIserakiramucoKigali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amerika N’Ubudage Bari Koherereza Israel Intwaro
Next Article Uko Ingamba Za Guverinoma Zahinduye Ubuzima Bw’Abanyarwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abagendera Muri Rwandair Bazajya Bareberamo ‘Filimi Nyarwanda’

Abaturiye CIMERWA Bagiye Kwimurwa

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Abanyarwanda Bitabiriye UCI

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Tigers BBC Yatwaye Bwa Mbere Igikombe Cya Rwanda Cup

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Muhanga: Ba Nyiri Ibirombe Bibukijwe Gushyira Abakozi Muri Ejo Heza

Kigali: U Rwanda Ruraganira Na Afurika Uko Politiki Ya ICT Yahuzwa

Abanya Venezuela Bari Guhabwa Intwaro Zo Kuzahangana Na Amerika

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bagera Ahandi Bakisanga Mu Buretwa-Amb Kimonyo 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUmutekano

Kagame Yibukije Ingabo Z’u Rwanda Kuzibukira Ubusinzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Airtel Rwanda Yahawe Umuyobozi Mushya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Tombola Inzozi Lotto Yahagaritswe Gukorera Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?