Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abaraperi Bagiye Kuhiganwa Ubuhanga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImyidagaduroMu Rwanda

Abaraperi Bagiye Kuhiganwa Ubuhanga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 June 2025 10:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Bull dog ni umwe mu baraperi bakomeye bazitabira iri serukiramuco.
SHARE

Mu ntangiriro za Nyakanga, 2025, mu Mujyi wa Kigali hazabera iserukiramuco ryiswe I Am Hip Hop Festival rizahuriramo abaraperi bakomeye na bagenzi babo, bakazaryerekaniramo ubuhanga barushanwa.

Rizabera ku kigo Institut Français du Rwanda kiri mu Kiyovu mu Karere ka Nyarugenge hagati ya Tariki 04 na Tariki 05, Nyakanga, 2025.

Abariteguye bagize ikitwa Green Ferry Music basanzwe baharanira kuzamura impano mu njyana ya Hip Hop ikorerwa mu Rwanda.

Muri iryo serukiramuco, hazabera kandi ibikorwa bitandukanye by’imyidagaduro n’umuco wa Hip Hop birimo ibitaramo, amarushanwa ya breakdance[ imibyinire yo mu Burengerazuba bw’isi], imurikabikorwa, ibirori by’abavanga umuziki bita aba DJs, imideli n’ibindi.

Mu mwaka wa 2017 nibyo byatangiye ari ibitaramo bito, biraguka, ubu bisigaye ari ikintu ngarukamwaka gifasha kuzamura impano nshya no guteza imbere Hip Hop nyarwanda.

Abahanzi bamaze kwemezwa ko bazitabira iri serukiramuco kuri iyi nshuro ni Bull Dogg, P-Fla, Jay C, Barick Music, DJ Black, Sano Boi, Chaka Fella, TheDiceKid n’abandi.

Amafaranga Frw 10,000 niyo uzacyitabira azishyura muri icyo gihe cy’iminsi ibiri.

Abo mu kigo  Green Ferry Music bavuga ko atari urubuga rwo kwidagadura gusa, ahubwo ari n’ahantu habera ibikorwa byo kuzamura impano z’Abanyarwanda no guteza imbere umuco wa Hip Hop mu Rwanda no mu Karere.

TAGGED:AbaraperiIserakiramucoKigali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amerika N’Ubudage Bari Koherereza Israel Intwaro
Next Article Uko Ingamba Za Guverinoma Zahinduye Ubuzima Bw’Abanyarwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?