Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abarundi 159 Babaga Mu Rwanda Batahukanye N’Umuyobozi Wa UNHCR
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abarundi 159 Babaga Mu Rwanda Batahukanye N’Umuyobozi Wa UNHCR

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 April 2021 5:32 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Impunzi 159 z’Abarundi babaga mu Rwanda zatahutse, zigera mu gihugu cyazo ziri kumwe n’Umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR), Filippo Grandi, wari usoje uruzinduko mu Rwanda.

Grandi yatangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Burundi, ruteganyijwe ku wa 27-28 Mata 2021.

Minisitiri w’Umutekano Gervais Ndirakobuca, yibukije abatahutse babaga mu Mujyi wa Kigali na Nyamata mu Karere ka Bugesera, ko ubu urugamba rugezweho mu Burundi ari uguhangana n’ubukene.

Yakomeje ati “Ibidutandukanya bikwiye kuba imbaraga zacu mu guteza imbere igihugu no kubaka amahoro n’umutekano.”

Yashimiye abatahutse ko bumvise ubutumwa bwa Perezida Evariste Ndayishimiye, bakemera gusubira mu byabo.

Kugeza ubu u Rwanda ruracyacumbikiye impunzi z’abarundi zisaga ibihumbi 59, ziri mu gihugu kuva mu mvururu zo mu 2015. Benshi bacumbikiwe mu nkambi ya Mahama, mu gihe abandi bari mu mijyi.

Impunzi zimaze gutahuka ku bushake ni hafi ibihumbi 24.

Grandi yambukanye n’impunzi z’Abarundi banyuze ku mupaka wa Nemba mu Karere ka Bugesera
Grandi yashimiye u Rwanda rwakiriye impunzi z’Abarundi kuva mu 2015
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri Ishinzwe Ibikorwa by’ubutabazi, Kayumba Olivier, yari ku mupaka wa Nemba
Ubuyobozi bukuru bw’u Burundi bwagiye kwakira izi mpunzi zatahutse
Izi mpunzi zigera mu Burundi
Babanje gupimwa bageze iwabo
Minisitiri Ndirakobuca yahaye ikaze izi mpunzi

TAGGED:BurundifeaturedImpunziInkambiMahama
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article SKOL Yivanye Mu Baterankunga Ba Tour Du Rwanda 2021
Next Article Uruhare Rwa Croix Rouge Mu Guhindura Imibereho Y’Abatuye Akarere Ka Kirehe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?