Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abarwanyi B’I Tigray Bigaruriye Umujyi W’Umurage Wa UNESCO
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abarwanyi B’I Tigray Bigaruriye Umujyi W’Umurage Wa UNESCO

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 August 2021 8:01 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abarwanyi bashaka gukuraho ubutegetsi bw’i Addis Ababa baturutse mu Ntara ya Tigray bigaruriye umujyi w’i Lalibera muri Ethiopia uyu ukaba ari umujyi urimo ingoro zashyizwe ku rutonde rw’ibigize umurage w’Isi bicungwa na UNESCO.

Haribazwa niba batazawangiza nk’uko abarwanyi bo muri Mali bigeze kugira umujyi wa Toumbouctou bagatwika inyandiko ntagatifu zari zihabitse kandi ari iz’igiciro kinini.

Ingoro z’i Lalibera zibitse inyandiko ntagatifu n’ibikoresho byejejwe by’idini by’Aba Orthodox bo muri Ethiopia.

Agace bigaruriye gaturanye n’Intara ya Amhara.

Lalibela irimo ingoro zubatswe mu Kinyejana cya 13 Nyuma ya Yesu Kristu, zikaba zifite agaciro kanini mu rwego rw’amateka.

BBC ivuga ko abatuye muri aka gace bamaze kugahunga.

Imirwano iri gusatira intara ya Amhara n’iya Afar, zombi zikaba zituriye iya Tigray.

Ingabo za Leta n’iza Tigray zishinjanya gukora ibyaha by’intambara bikorerwa abasivili.

Umuyobozi wungirije wa Lalibera yabwiye BBC ko abarwanyi ba Tigray ari bo bari kugenzura uriya mujyi.

Yitwa Mandefro Tadesse.

Yemeza ko nta mirwano yabaye, ahubwo ko abawutuye bahise bihungira, abarwanyi nabo bakawufata ubwo.

Tedesse nawe avuga ko ahangayikishijwe n’umutekano wa za ngoro z’aba Orthodox

TAGGED:AbarwanyiEthiopiafeaturedTigrayUNESCO
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Lionel Messi Yavuye Muri FC Barcelona
Next Article Abana Batatu Bishwe  N’Intare
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?