Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abashaka Kuyobora FERWAFA Bamenyekanye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Abashaka Kuyobora FERWAFA Bamenyekanye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 June 2021 6:25 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’uko abayoboraga Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda bari bayobowe na (Rtd) Brigadier General Jean Damascène Sekamana beguye, ubu abashaka kuriyobora bamenyekanye.

Abo ni Louis Rurangirwa na Olivier Nizeyimana. Rurangirwa amaze igihe ari umusifuzi ku rwego mpuzamahanga n’aho Olivier Nizeyimana weasanzwe ari Perezida wa Mukura Victory Sports et Loisir.

Hashize indi  myaka ine Rurangirwa yongeye kwiyamamariza kuyobora ririya shyirahamwe ariko biranga.

Yigeze kuba  Perezida w’ishyirahamwe ry’imikino ngororamubiri mu Rwanda “RAF”.

Bamwe mu bandi bantu ashaka kuzakorana nabo harimo Madamu Nzaramba Kansiime wigeze kuyobora Akarere ka Nyarugenge na Senior Superintendent of Police( SSP)Willy Marcel Higiro wigeze kuba umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda.

Olivier Nizeyimana ni Perezida wa Mukura FC guhera mu mwaka wa 2020.

Nizeyimana niwe nyiri  Volcano express kandi akaba ahagarariye mu Rwanda Ikigo cy’Abanya Korea y’Epfo gikora imodoka kitwa Hyundai.

Tariki 09, Kamena, 2021 nibwo FERWAFA izatangaza burundu abantu bamerewe kuziyamamaza hanyuma amatora nyirizina azabe tariki 27, Kamena, 2021.

Louis Rurangirwa
Olivier Nizeyimana
TAGGED:AmatorafeaturedFERWAFAKaansimeMukuraNizeyimanaRurangirwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abibwiraga Ko COVID-19, Izarangira Vuba Babe Baretse- Umushakashatsi Wa WHO
Next Article ‘Kudasoma Neza’ Ibyemezo By’Abaminisitiri Byatumye Umucuruzi W’I Remera Ahanwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?