Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abashaka Kuyobora FERWAFA Bamenyekanye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Abashaka Kuyobora FERWAFA Bamenyekanye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 June 2021 6:25 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’uko abayoboraga Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda bari bayobowe na (Rtd) Brigadier General Jean Damascène Sekamana beguye, ubu abashaka kuriyobora bamenyekanye.

Abo ni Louis Rurangirwa na Olivier Nizeyimana. Rurangirwa amaze igihe ari umusifuzi ku rwego mpuzamahanga n’aho Olivier Nizeyimana weasanzwe ari Perezida wa Mukura Victory Sports et Loisir.

Hashize indi  myaka ine Rurangirwa yongeye kwiyamamariza kuyobora ririya shyirahamwe ariko biranga.

Yigeze kuba  Perezida w’ishyirahamwe ry’imikino ngororamubiri mu Rwanda “RAF”.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Bamwe mu bandi bantu ashaka kuzakorana nabo harimo Madamu Nzaramba Kansiime wigeze kuyobora Akarere ka Nyarugenge na Senior Superintendent of Police( SSP)Willy Marcel Higiro wigeze kuba umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda.

Olivier Nizeyimana ni Perezida wa Mukura FC guhera mu mwaka wa 2020.

Nizeyimana niwe nyiri  Volcano express kandi akaba ahagarariye mu Rwanda Ikigo cy’Abanya Korea y’Epfo gikora imodoka kitwa Hyundai.

Tariki 09, Kamena, 2021 nibwo FERWAFA izatangaza burundu abantu bamerewe kuziyamamaza hanyuma amatora nyirizina azabe tariki 27, Kamena, 2021.

Louis Rurangirwa
Olivier Nizeyimana
TAGGED:AmatorafeaturedFERWAFAKaansimeMukuraNizeyimanaRurangirwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abibwiraga Ko COVID-19, Izarangira Vuba Babe Baretse- Umushakashatsi Wa WHO
Next Article ‘Kudasoma Neza’ Ibyemezo By’Abaminisitiri Byatumye Umucuruzi W’I Remera Ahanwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?