Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abashoramari Bo Mu Bushinwa Basabwe Gusura u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Abashoramari Bo Mu Bushinwa Basabwe Gusura u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 August 2025 11:10 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ambasaderi James Kimonyo yasabye abashoramari bo mu Bushinwa gusura u Rwanda bakirebera aho bashobora gushora imari.

Yabigarutseho ubwo yatangizaga k’umugaragaro igikorwa cyiswe ‘Meet Rwanda in China’, kigamije kugaragaza amahirwe y’ishoramari ari mu Rwanda.

Hari no mu rwego rwo kumenyekanisha Made in Rwanda, guteza imbere ubukerarugendo n’umuco no guhuriza hamwe Abanyarwanda baba mu Bushinwa kugira ngo bamenyane bagire n’uruhare mu iterambere ry’igihugu cyabo.

Meet Rwanda in China yatangiye kuri uyu wa Gatanu Tariki 01, Kanama, mu Mujyi wa Wuhan mu Ntara ya Hubei kugeza kuya 02, Kanama, 2025.

Cyateguwe na Ambasade y’u Rwanda mu Bushinwa k’ubufatanye n’Abanyarwanda baba yo.

James Kimonyo yahamagariye abitabiriye umunsi wa mbere w’iki gikorwa gusura u Rwanda kugira ngo bavumbure amahirwe menshi igihugu gifite mu ishoramari.

Hari sosiyete zirenga 200 zo mu nzego zitandukanye mu Bushinwa zitabira iki gikorwa.

Batanze ibitekerezo by’uko byazakorwa

Muri iki gikorwa biteganyijwe ko hazaba ibiganiro byo ku rwego rwo hejuru ku bucuruzi, bizakorwa k’ubufatanye n’Ikigo cy’u Bushinwa gishinzwe guteza Imbere Ubucuruzi Mpuzamahanga (China Council for the Promotion of International Trade).

TAGGED:featuredKimonyoRwandaUbucuruziUbushinwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gicumbi: Abagabo Batanu Bavugwaho Kuniga Abaturage Bafashwe
Next Article Gen Rwivanga Yabwiye Ingabo Za Sri Lanka Uruhare Rwa RDF Mu Buhangange Bw’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Muzaze Dushimire Imana Ibyiza Yagejeje Ku Gihugu-Amb Murigande

Kagame Yaganiriye Na Mugenzi We Wa Mozambique

Perezida Wa Mozambique Yatangiye Uruzinduko Mu Rwanda

Uburundi Bugiye Kubaka Gariyamoshi

Ubuhinde Burashaka ‘Kwigira’, Burambiwe Amerika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yanditse Igitabo Ku Gahinda Yatewe No Gupfusha Umugore We

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Gisagara: Abashakanye Baravugwaho Kwica Umuntu Muri 2021 Bamuta Mu Bwiherero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

Meteo Rwanda Irateguza Imvura Irimo Inkuba Mu Gihugu Hose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Nyagatare: Hatangijwe Umushinga Mugari Wo Guhinga Ubutaka Bukomatanyije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Abanyamakuru Barekuwe N’Urukiko Rwa Gisirikare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?