Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abatuye EAC dufite uburyo kamere bwo kwishakamo ibisubizo byaduteza imbere- Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abatuye EAC dufite uburyo kamere bwo kwishakamo ibisubizo byaduteza imbere- Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 December 2020 5:38 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame avuga ko abaturage b’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba bafite uburyo bwabo kandi bwa kamere bwo kwishakamo ibisubizo ku bibazo bibugarije kandi ibisubizo bishatsemo bikabageza ku iterambere.

Yabivuze mu ijambo yajejeje ku bari bitabiriye ihuriro ryiswe KusiFest Ideas ryabereye i Kisumu muri Kenya.

Perezida Kagame yavuze ko abatuye Afurika bagomba gushakira hamwe uburyo bwo kuzanzamura ubukungu kugira yongere itere imbere kandi abayituye bakomeze kugenderanira nk’uko byahoze mbere ya COVID-19.

Yagize ati: “ Muri Afurika y’i Burasirazuba dufite uburyo bwacu kamere bwo kwishakamo ibisubizo bitubyarira amajyambere tugamije iterambere ry’abaturage bacu bakomeje kwiyongera.  Dukeneye gukomeza gushakisha uburyo bushya bwo gushora imari mu bikorwa remezo, mu baturage bacu kandi tugakora k’uburyo ibi byose biteza imbere imibanire ya Politiki n’ishoramari.”

Perezida Kagame yunganiwe na mugenzi we wa Kenya Uhuru Kenyatta wavuze ko abayobozi b’Afurika cyane cyane ab’Afurika y’i Burasirazuba bagomba gukora igishoboka cyose kugira ngo abayituye bagire ubuzima bwiza, bikure mu ngaruka za COVID-19.

Ihuriro KusiFest ritegurwa n’Ikigo ‘Nation Media Group’ gikorera muri Afurika y’i Burengerazuba.

Ubu riri kuba ku nshuro ya Kabiri kuko ubwa mbere ryabereye i Kigali mu Rwanda.

Ryatangiye kuri uyu wa Kabiri taliki 08, Ukuboza, 2020 rikaza kurangizwa kuri uyu wa Gatatu taliki 09, Ukuboza, 2020.

TAGGED:EACfeaturedKagameKenyaKenyataKusiRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Eritrea yohereje ingabo ku mupaka wayo na Ethiopia
Next Article Sarkozy yasabiwe gufungwa imyaka ine
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?