Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abatuye EAC dufite uburyo kamere bwo kwishakamo ibisubizo byaduteza imbere- Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abatuye EAC dufite uburyo kamere bwo kwishakamo ibisubizo byaduteza imbere- Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 December 2020 5:38 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame avuga ko abaturage b’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba bafite uburyo bwabo kandi bwa kamere bwo kwishakamo ibisubizo ku bibazo bibugarije kandi ibisubizo bishatsemo bikabageza ku iterambere.

Yabivuze mu ijambo yajejeje ku bari bitabiriye ihuriro ryiswe KusiFest Ideas ryabereye i Kisumu muri Kenya.

Perezida Kagame yavuze ko abatuye Afurika bagomba gushakira hamwe uburyo bwo kuzanzamura ubukungu kugira yongere itere imbere kandi abayituye bakomeze kugenderanira nk’uko byahoze mbere ya COVID-19.

Yagize ati: “ Muri Afurika y’i Burasirazuba dufite uburyo bwacu kamere bwo kwishakamo ibisubizo bitubyarira amajyambere tugamije iterambere ry’abaturage bacu bakomeje kwiyongera.  Dukeneye gukomeza gushakisha uburyo bushya bwo gushora imari mu bikorwa remezo, mu baturage bacu kandi tugakora k’uburyo ibi byose biteza imbere imibanire ya Politiki n’ishoramari.”

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Perezida Kagame yunganiwe na mugenzi we wa Kenya Uhuru Kenyatta wavuze ko abayobozi b’Afurika cyane cyane ab’Afurika y’i Burasirazuba bagomba gukora igishoboka cyose kugira ngo abayituye bagire ubuzima bwiza, bikure mu ngaruka za COVID-19.

Ihuriro KusiFest ritegurwa n’Ikigo ‘Nation Media Group’ gikorera muri Afurika y’i Burengerazuba.

Ubu riri kuba ku nshuro ya Kabiri kuko ubwa mbere ryabereye i Kigali mu Rwanda.

Ryatangiye kuri uyu wa Kabiri taliki 08, Ukuboza, 2020 rikaza kurangizwa kuri uyu wa Gatatu taliki 09, Ukuboza, 2020.

TAGGED:EACfeaturedKagameKenyaKenyataKusiRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Eritrea yohereje ingabo ku mupaka wayo na Ethiopia
Next Article Sarkozy yasabiwe gufungwa imyaka ine
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?