Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abatwa B’i Burundi Basabye Leta Amabati ‘Irayabura’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abatwa B’i Burundi Basabye Leta Amabati ‘Irayabura’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 January 2023 3:08 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo yari yagiye kuganira n’abaturage ngo bamugezeho ibibazo nawe azabigeze kuri Guverinoma, Abatwa bo mu gace kitwa Mwaro babwiye Minisitiri Imelde Sabushimike kubashakira amabati bagasakara inzu, abasubiza ko ntayo Leta ifite.

Babwiye Minisitiri ko nta mabati bafite ngo basakare, abasubiza ko nta yo Leta ifite, ko bakwiye kwihangana

Bamubwiye ko amabati Leta yari yarabemereye, bayategereje amaso ahera mu kirere.

Minisitiri Imelde Sabushimike yasubije ko n’ubwo nta mabati Leta yabona muri iki gihe, ariko bashonje bahishiwe kuko ashobora kuboneka ‘bidatinze.’

Minisitiri Imelde Sabushimike

Hagati aho yasabye ubuyobozi bw’inzego z’ibanze gukora ibarura ryimbitse bakamenya abakeneye amabati abo ari bo kandi bigakorwa nta kimenyane kibijemo.

Abatuye muri nyakatsi bagomba kubarurwa kugira ngo amabati naza, imibare yabo izabe izwi.

Minisitiri Imelde Sabushimike asanzwe ashinzwe imibereho myiza n’ubwuzuzanye mu ngo mu Burundi.

Abatwa b’i Mwaro bamubwiye ko bafite ibibazo bitandukanye birimo kutagira ubutaka bwo bwo guturaho cyangwa ubwo guhinga ho bushobora kwita ko ari ubwabo bwite.

Ngo ubwo bafite ni ubwo bakatiwe n’abandi.

Mu Burundi haracyari Nyakatsi

Babwiye Minisitiri ko ntaho bitaniye n’ibyo kera bitaga ‘ubugererwa’ kandi ngo byaraciwe ku gihe cy’Abakoloni.

Abayobozi mu Burundi bari gusura abaturage aho batuye ngo babaganirize bumve ibibazo bikomeye bafite.

Ku rundi ruhande hari abavuga ko ari amayeri ya Politiki yo gukurura imitima y’Abarundi mu gihe hasigaye ‘igihe gito’ ngo amatora y’Umukuru w’igihugu abe.

TAGGED:AbatwaAmabatiAmatoraBurundifeaturedMinisitiri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kaminuza Yo Muri Amerika Mu Bufatanye N’Ishuri Riyoborwa Na Rev. Dr. Laurent Mbanda
Next Article U Rwanda Ruzahabwa Miliyoni $319 Zo Guhangana N’Ikirere
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?