Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abayapani Bugarijwe N’Inkubi Ikomeye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abayapani Bugarijwe N’Inkubi Ikomeye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 September 2022 9:56 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo cy’u Buyapani gishinzwe iteganyagihe cyasabye abatuye Perefegitura ya Kagoshima kuzinga utwangushye bagahunga inkubi y’umuyaga bise Nanmadol itarahabasanga ikabarimbura.

Ubuyapani ni kimwe mu bihugu bikunze kwibasirwa n’ibiza birimo inkubi n’imitingito ihitana benshi.

Hari n’ibindi bihugu by’ibirwa nabyo bikunze kwibasirwa n’ibyo biza birimo Philippines, Indonesia n’ibindi.

Abatuye kiriya gice bahawe integuza kuri uyu wa Gatandatu taliki 17, Nzeri, 2022 babwirwa ko niba badahunze abenshi muri bo kuri iki Cyumweru taliki 18, nzeri bari buhure n’akaga.

Inkubi yiswe Nanmadol iravugwaho kuza kuba ari iyo ikomeye mu zageze mu Buyapani mu myaka irenga 20 ishize.

Ni  umuyaga uza kuba ufite umuvuduko urenga Kilometero 100 mu isaha, ukaza guteza imvura ingana na mililitiro 55 kuri metero kare imwe.

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru  gari ya moshi nyinshi zabujijwe  abantu bavanwa aho batuye kugira ngo barindwe akaga.

TAGGED:BuyapanifeaturedInkubi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Isi Izagera Kubyo Yiyemeje Mu Kubungabunga Ikirere Ari Uko Ibikubye Gatanu-Gates
Next Article Islamic State Yatangiye Kugaba Ibitero Muri Benin
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

Uburayi: Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Baganiriye Ku Iterambere Ry’u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

RDF Ikomeje Kubakira Ubushobozi Ingabo Za Centrafrique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Nyamasheke: Bahangayikishijwe N’Uko Bateye Imyaka Ikuma Inzara Ikaba Ibugarije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Guverineri Kayitesi Asobanura Uko Abatuye Intara Ye Bava Mu Bukene

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Indonesia: Umutingito Wateye Tsunami Yishe Abantu 248

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?