Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: ADF Ikomeje Kwica Abaturage
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

ADF Ikomeje Kwica Abaturage

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 March 2023 3:05 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo umutwe wa ADF ukomeje kwararika ingogo. Kuri uyu wa Gatandatu taliki 25, Werurwe, 2023 hari abantu barindwi bivugwa ko bishwe n’abarwanyi b’uyu mutwe babasanze mu murima.

Ubu bwicanyi bwabereye ahitwa Vemba uba mu Majyaruguru ashyira Uburengerazuba bwa Kivu y’Amajyaruguru ahitwa Beni.

Ababibonye ubwo bwicanyi bavuga ko abarwanyi ba ADF basanze abaturage mu murima bari guhinga barabica.

Babiri mu bishwe ni Abatwa bo muri DRC.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umugore witwa Stéphane Mbakama uyobora sosiyete sivile y’ahitwa Ngadi avuga ko abarwanyi ba ADF batishe gusa ahubwo batwitse na moto basanze aho.

ACTUALITÉ.CD yanditse ko ku bw’amahirwe abaturage bakuruye imirambo bayikura aho abo bantu biciwe bayijyana mu bitaro bya Beni.

Stéphane Mbakama avuga ko imibiri ya bariya bantu iri bushyingurwe kuri uyu wa Gatandatu taliki 25, Werurwe, 2023.

TAGGED:AbarwanyiADFfeaturedIntara
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abasigajwe Inyuma N’Amateka B’i Nyamagabe Barashaka Kwiga Gusoma
Next Article Amafoto: Abapolisikazi B’u Rwanda Mu Kumasha
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?