Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Adidas Irishimira Ko Kanye West Yatumye Yongera Kunguka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Adidas Irishimira Ko Kanye West Yatumye Yongera Kunguka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 July 2023 8:07 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Uruganda rukora inkweto ziri mu zikunzwe kurusha izindi ku isi rwitwa Adidas rwatangaje ko rwishimiye ko kuva rwongera gusubukura umubano n’umuraperi Kanye West, abaguzi b’inkweto zarwo biyongereye.

Adidas ivuga ko yungutse miliyoni $565 zavuye mu kugurisha inkweto yari isigaranye nyuma yo guhagarika imikoranire na Kanye.

Inkweto Adidas ikora muri iki gihe yazise Yeezy zikaba ari Kanye West ushinzwe kuzamamaza.

Kanye niwe washinzwe kwamamaza izi nkweto zikorwa na Adidas

Mu mezi ashize uyu muraperi yahuye n’ibibazo byaturutse ku magambo bivugwa ko yavuze yibasira Abayahudi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ibigo byinshi byahise bimufungira amazi n’umuriro, arahomba.

Icyakora bimwe muri byo, harimo na Adidas, byaje kwisubira birongera biramukomorera.

Kanye arishimye
TAGGED:AdidasInkwetoKanye
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Yibiye Imodoka Nyabugogo Afatirwa Rubavu Yayikuyemo Moteri
Next Article Google Yasohoye Inkweto Zigura $50,000
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

ImyidagaduroMu Rwanda

Urukiko Rukuru Rw’Ubucuruzi Rwanzuye Intsinzi Y’Umuhanzi Gabiro Guitar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Hoziyana Yashyize Indirimbo ‘Tugumane’ Mu Giswayili

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Nick Ngendahayo Yagarutse Mu Muziki Nyuma Y’Imyaka 15

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Igitaramo Cya The Ben Kizagongana N’Icya Pallaso Uzwi Cyane i Kampala

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?