Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitikiUmutekano

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 September 2025 10:24 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuhuzabikorwa wa AFC/M23 Corneille Nangaa avuga hari abasirikare 7,400 bahunze igisirikare cya DRC bihuza n’umutwe ayoboye.

Nangaa avuga ko hari abandi bashaka kugana igisirikare ayoboye bakazashinga ingabo z’igihugu, yemeza ko ‘zizasimbura’ igisirikare cya DRC mu gihe kiri imbere.

Kuri Nangaa, ibiri kuba muri iki gihe ni urugero rw’ibiri hafi kuba aho AFC/M23 iteganya kuzashinga igisirikare gishya bise Armee Revolutionnaire Congolaise.

Ni igisirikare avuga ko kizaba ari icy’umwuga kikazaba kitavangura mu buryo ubwo ari bwo bwose.

Hagati aho, ubuyobozi bwa AFC/M23 buvuga ko buteganya kuzakira abandi basirikare 12,000, bose bikaba biteganyijwe ko bazarema igisirikare gishya cya DRC.

Ati: “Izi zizaba ingabo z’igihugu, zibe ingabo zizira ivangura kandi ziharanira ubumwe n’ubusugire bw’igihugu.”

Yunzemo kandi ko hari gahunda yo kuzafata igisirikare cya DRC gisanzwe bakakivanga n’iza AFC/M23.

Kivu Today yanditse ko hari amakuru ava muri uyu mutwe w’inyeshyamba y’uko uri gutakaza abarwanyi benshi mu ntambara bari kurwana na DRC.

Kugeza ubu ntacyo ubutegetsi bwa Kinshasa buravuga kubyo Corneille Nangaa yatangaje.

TAGGED:AFCfeaturedIngaboLetaM23Nangaa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola
Next Article Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?