Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Agacurama Kadasanzwe Kabonetse Mu Rwanda Nyuma y’Imyaka 40
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ibidukikije

Agacurama Kadasanzwe Kabonetse Mu Rwanda Nyuma y’Imyaka 40

Last updated: 10 March 2022 2:57 pm
Share
SHARE

Agacurama ko mu bwoko abahanga mu bidukikije bakekaga ko butakiba ku isi kabonetse mu Rwanda, mu bushakashatsi bumaze igihe bukorerwa muri Pariki y’igihugu ya Nyungwe.

Ako gacurama kamaze imyaka 40 katagaragara ni ako mu bwoko bwa Hill’s horseshoe bat. Kabonetse mu ishyamba ry’inzitane rya Nyungwe, ribamo urusobe rw’inyamaswa zisaga 1000 nk’inyoni, ibisamuntu n’izindi.

Nta makuru yari akiboneka kuri izo nyamaswa z’inyamabere, ndetse Ihuriro mpuzamahanga ryo kurengera ibidukikije (IUCN) mu mwaka wa 2021 ryazishyize mu bwoko bw’inyamaswa buri mu marembera.

Umuyobozi w’Umuryango mpuzamahanga urengera uducurama (Bat Conservation International, BCI), Jon Flanders, ku wa Kabiri yatangaje ko iyi ari inkuru ishimishije cyane.

Yakomeje ati “Biratangaje kuba ari twe bantu babashije kubona kano gacurama nyuma y’igihe kirekire gutya.”

Uwo muryango w’Abanyamerika ufatanya n’Urwego r’Iterambere mu Rwanda (RDB) na Rwanda Wildlife Conservation Association mu bushakashatsi mu mashyamba guhera mu 2013.

Mu 2019 ngo nibwo babonye ako gacurama gafite imiterere idasanzwe. Ariko byafashe indi myaka itatu kugira ngo hasozwe isesengura ryimbitse ku bwoko bwako.

Kugeza ubu ibikorwa bya muntu nko gutema amashyamba maze inyamaswa zikabura aho zitura, biri mu bituma ubwoko bwinshi bwazo bukendera.

Ishyamba rya Nyungwe ryemejwe nka Pariki y’igihugu mu mwaka wa 2004.

TAGGED:AgacuramafeaturedNyungwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abarundikazi Bahoze Ari Intwari- Perezida W’u Burundi Ndayishimiye
Next Article U Rwanda Rukeneye Abakinnyi BIZE-FERWAFA
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hakenewe Miliyari $ 50 Zo Gusana Gaza

DRC Na Uganda Biyemeje Kongera Imbaraga Mu Bucuruzi

Rwamagana: Uruganda SteelRwa Rukomeje Kuba Ikibazo Ku Buzima Bw’Abaturage

Ku Manywa Y’Ihangu Bibye Inzu Ndangamurage Ya Mbere Ikomeye Ku Isi

U Rwanda Rugiye Kubaka Irindi Shuri Rihambaye Ry’Ubuhinzi N’Ubworozi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Indonesia, Azerbaijan Na Pakistan Mu Biganiro Na Amerika Byo Kohereza Ingabo Muri Gaza

Rwamagana: Ubuyobozi Bwamurikiwe Igishanga Gitunganyijwe Cya Cyaruhogo

Abanyarwanda Tugomba Kubaho Kuko Ni Impano Y’Imana- Kagame

Kayonza: Imvura Yishe Batandatu Biganjemo Abana

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

U Rwanda Rugiye Kwakira Inama Y’Abagaba Bakuru B’Ingabo Muri Afurika 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Imirwano Hagati Ya Israel Na Hamas Yubuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Abanyamerika Baramagana Perezida Wabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Na Senegal Duhuriye Ku Kwita Kuri Ejo Hazaza H’Urubyiruko- Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?