Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Agacurama Kadasanzwe Kabonetse Mu Rwanda Nyuma y’Imyaka 40
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ibidukikije

Agacurama Kadasanzwe Kabonetse Mu Rwanda Nyuma y’Imyaka 40

admin
Last updated: 10 March 2022 2:57 pm
admin
Share
SHARE

Agacurama ko mu bwoko abahanga mu bidukikije bakekaga ko butakiba ku isi kabonetse mu Rwanda, mu bushakashatsi bumaze igihe bukorerwa muri Pariki y’igihugu ya Nyungwe.

Ako gacurama kamaze imyaka 40 katagaragara ni ako mu bwoko bwa Hill’s horseshoe bat. Kabonetse mu ishyamba ry’inzitane rya Nyungwe, ribamo urusobe rw’inyamaswa zisaga 1000 nk’inyoni, ibisamuntu n’izindi.

Nta makuru yari akiboneka kuri izo nyamaswa z’inyamabere, ndetse Ihuriro mpuzamahanga ryo kurengera ibidukikije (IUCN) mu mwaka wa 2021 ryazishyize mu bwoko bw’inyamaswa buri mu marembera.

Umuyobozi w’Umuryango mpuzamahanga urengera uducurama (Bat Conservation International, BCI), Jon Flanders, ku wa Kabiri yatangaje ko iyi ari inkuru ishimishije cyane.

Yakomeje ati “Biratangaje kuba ari twe bantu babashije kubona kano gacurama nyuma y’igihe kirekire gutya.”

Uwo muryango w’Abanyamerika ufatanya n’Urwego r’Iterambere mu Rwanda (RDB) na Rwanda Wildlife Conservation Association mu bushakashatsi mu mashyamba guhera mu 2013.

Mu 2019 ngo nibwo babonye ako gacurama gafite imiterere idasanzwe. Ariko byafashe indi myaka itatu kugira ngo hasozwe isesengura ryimbitse ku bwoko bwako.

Kugeza ubu ibikorwa bya muntu nko gutema amashyamba maze inyamaswa zikabura aho zitura, biri mu bituma ubwoko bwinshi bwazo bukendera.

Ishyamba rya Nyungwe ryemejwe nka Pariki y’igihugu mu mwaka wa 2004.

TAGGED:AgacuramafeaturedNyungwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abarundikazi Bahoze Ari Intwari- Perezida W’u Burundi Ndayishimiye
Next Article U Rwanda Rukeneye Abakinnyi BIZE-FERWAFA
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?