Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Alpha Rwirangira Mu Gitaramo Cya Mbere Atangiye Kuririmbira Imana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Alpha Rwirangira Mu Gitaramo Cya Mbere Atangiye Kuririmbira Imana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 November 2022 4:07 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Uyu Munyarwanda wamamaye mu ndrimbo zisanzwe ariko vuba aha kaba yariyeguriye indirimbo zihimbaza Imana, avuga ko Taliki 23, Ukuboza, 2022 akorera muri Canada igitaramo gikomeye.

Ni igitaramo yise ‘Amashimwe concert’.

Ahamya ko kizashimisha abakunzi b’umuziki we, kandi ngo yizeye ko nabo bazakunda umuziki ururimbira Imana aherutse kwinjiramo.

Ateganya no kuzumvisha abafana be zimwe mu ndirimbo aherutse gushyira kuri album nshya nazo zihimbaza Imana.

Iyi album ye yise ’Wow’ ikaba igizwe n’indirimbo 12.

Kuva yatangira gukora indirimbo zihimbaza Imana nibwo bwa mbere akoze igitaramo.

Kwitabira iki gitaramo bizaba ari $100 ni ukuvuga Frw 100,000.

TAGGED:AlphaImanaRwirangira
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Na Mugenzi We Uyobora Indonesia Mu Biganiro K’Umubano Urambye
Next Article Uwazamuye Igihuha Ko Polisi Yazamuye Amande Yo Kuvugira Kuri Telefoni Yafashwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Imyidagaduro

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Sandra Teta Yarekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

The Ben Yacuranze Gitari Na Piyano Atari Abizwiho

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Bwiza Aritegura Igitaramo Kizahura N’Isabukuru Ye Y’Amavuko

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?