Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto: Umugaba W’Ikirenga Yeretswe Uko Ingabo Zatorejwe i Gabiro Zibigenza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Amafoto: Umugaba W’Ikirenga Yeretswe Uko Ingabo Zatorejwe i Gabiro Zibigenza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 August 2023 7:29 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda kuri uyu wa Kane taliki 17, Kanama, 2023 yeretswe uko ingabo z’u Rwanda zatorejwe i Gabiro zibigenza.

Ni imyitozo ikomatanyije yahuje abasirikare batandukanye yari imaze iminsi ibera mu kigo cy’ibanze cya gisirikare kiri mu Karere Gatsibo ahitwa i Gabiro.

Bayihaye izina rya Exercise Hard Punch 04/2023.

Iyi myitozo iragaragaza uko ingabo z’u Rwanda zigota kandi zikuvuna umwanzi binyuze mu kumuca hirya no hino bayunze  ku butaka.

Herekaniwemo kandi uko indege z’intambara zifasha ingabo zo ku butaka kwigizayo umwanzi cyangwa kumwirukana aho yari yaragize ibirindiro.

Perezida Kagame kandi yaboneyeho no kuganira n’abasirikare barimo abakuru bakiri mu kazi n’abagiye mu kiruhuko cy’izabukuru.

Perezida Kagame yaboneyeho kubaganiriza
Barimo abasirikare bato n’abayobozi babo
Banyuzamo bagashyiraho ka Moral
Indege z’intambara z’u Rwanda mu myiyerekano
Perezida Kagame (hagati) ari kumwe na Lt Gen Mubarakh Muganga( umugaba w’ingabo) na Min wazo Juvenal Marizamunda
Bareberaga mu ikoranabuhanga uko operations za RDF zikorwa
Perezida Kagame ubwo yari ageze i Gabiro
TAGGED:featuredGabiroImyitozoIndegeIngaboIntambaraKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kwangiza Ibidukikije, Amakimbirane Mu Ngo…Ibyaha Biboneka Muri Kayonza
Next Article Alpha Blondy Yabwiye Abanyaburayi Ko Aribo Bateza Iterabwoba Ku Isi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Afghanistan: Umutingito Wishe Abantu 600

BK Ikora Ite Ngo Yunguke?

DRC: Abantu 16 Bashimuswe Na CODECO

Kwihaza Mu Biribwa Muri Afurika Biracyari Kure

Abavandimwe Alicia Na Germaine Bakoze Indirimbo Bizeyeho Byinshi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Rwamagana:Uwahoze Ari Umunyamakuru Wa Radio Agiye Kwishingira Iye

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kubaka Urugomero Rwa Nyabarongo Bizatuma Havuka Ikiyaga Kizakora Ku Turere 8

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Nyagatare: Batashye Isoko Risakaye Bari Barifuje Igihe Kirekire

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Drones Zigiye Gukoreshwa Mu Kurwanya Imibu Yo Mu Bugesera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Kigali: Abagore Baravugwa Kenshi Mu Biyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?