Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto: Umusangiro W’Ingabo Z’u Rwanda Na Perezida Wa Centrafrique
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Amafoto: Umusangiro W’Ingabo Z’u Rwanda Na Perezida Wa Centrafrique

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 October 2022 7:02 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa Centrafrique Prof Faustin Archange Touadéra aherutse kwakira iwe ingabo z’u Rwanda zoherejwe muri kiriya gihugu ngo zifatanye n’iz’aho kuhagarura umutekano.

Kuhagarura amahoro ni igikorwa gishingiye ku masezerano ibihugu byombi byagiranye.

Abakira yari ari kumwe na Madamu we .

Kimwe mu byahakorewe ni imbyino nyarwanda zerekana umuco w’Abanyarwanda ndetse n’imyiyerekano ya gisirikare.

Mu ijambo rye, Perezida Touadéra yashimiye u Rwanda na Perezida Kagame ku musanzu wabo n’ubufasha bwabo mu kugarura umutekano mu gihugu cya Santarafurika.

Umuyobozi w’ingabo z’u Rwanda muri Centrafrique Col Egide Ndayizeye yashimiye Perezida Touadéra ku rugwiro yabakiranye ndetse ashima umubano mwiza n’ubufatanye bw’Ingabo z’ibihugu byombi mu gucunga umutekano muri iki gihugu.

Perezida Touadera na Col Ndayizeye Egide uyobora ingabo z’u Rwanda muri Centrafrique
Perezida Touadera asuhuza abasirikare b’u Rwanda
Mu myiyereko ya gisirikare
TAGGED:CentrafriquefeaturedIngaboRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kuba Rwanda Rwarabohowe Byatumye Umuziki Wacu Ujya Mu Ruhando Rw’Isi- Masamba
Next Article UPDATED: Impanuka Yabereye i Rusizi Yahitanye Batanu, Shoferi Acika Akaguru
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?