Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto Yaranze Umusangiro Perezida Kagame Yagiranye N’Abanyarwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Amafoto Yaranze Umusangiro Perezida Kagame Yagiranye N’Abanyarwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 December 2023 8:16 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo kwifuriza Abanyarwanda kurangiza neza umwaka wa 2023 no gutangirana imbaraga umwaka wa 2024, Perezida Paul Kagame yaraye asangiye na bamwe muri bo.

Uretse ijambo yabagejejeho ribibutsa ibyo bamaze kugeraho kugeza ubu, Perezida Kagame yaboneyeho no kuganira nabo mu buryo bwa gicuti, arabegera bamenaho abiri.

Bamwe mu bo yaganiriye nabo kandi bagafatana ifoto ni umuhanzi w’indirimbo zo gukunda igihugu Intore Tuyisenge.

Ifoto bari kumwe iragaragaza Tuyisenge aganiriza Perezida Kagame ku ngingo runaka kandi ishishikaje uko ubona ko yamusekeje.

Mu bandi bagaragara mubitabiriye uriya musangiro harimo Dr. Ron Adam wahoze ari Ambasaderi wa Israel mu Rwanda.

Hari ba Ambasaderi barimo Gen( Rtd) Charles Kayonga uhagarariye u Rwanda muri Turikiya, Amb Col(Rtd) Richard Masozera uhagarariye u Rwanda muri Repubulika ya Tchèque, Gen Muganga Mubarakh umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda n’abanyamahanga bahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda.

Hari kandi na Gen(Rtd) Paul Rwarakabije.

Muri uyu musangiro kandi hari n’ibindi byamamara birimo Ruti Joel, Eric Senderi, umukobwa uvanga imiziki( ari nawe wasusurukije abari bahari) witwa DJ IRA n’abandi.

Eric Shaba n’umugore we ,Cleophas Barore, Jacky Lumbasi n’abandi bari baje muri iki gitaramo
DJ IRA niwe wabasusurukije
Kayonga, Muganga na Masozera bari baje muri uyu musangiro
Umunyamabanga mukuru wa FPR-Inkotanyi Hon Wellars Gasamagera na Ambasaderi Ron Adam wahoze uhagarariye Israel mu Rwanda
Umunyamakuru Ismael Mwanafunzi n’umugore we nabo batumiwe
Umuyobozi mukuru wa Airtel Rwanda Emmanuel Hammez n’umugore we
Bwiza Emerance
Gen( Rtd) Paul Rwarakabije
Ibyamamare ntibitana no kwifotoza. Ruti Joel na bagenzi be
Lucky Nizeyimana afata udufoto Eric Senderi na mugenzi we
Madame La Ministre Ines Mpambara

Amafoto@Urugwiro Village

TAGGED:AmafotofeaturedKagamePaulUmusangiro
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nta Kizakoma Imbere Iterambere Twiyemeje-Perezida Kagame
Next Article Dr. Sosthène Munyemana Wahamijwe Jenoside Yajuriye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?