Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amahoro Na Kigali Pelé Stadium Zemerewe Kwakira Amarushanwa Nyafurika 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

Amahoro Na Kigali Pelé Stadium Zemerewe Kwakira Amarushanwa Nyafurika 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 August 2025 3:46 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Mbere, Tariki 11, Kanama, 2025, nibwo Ishyirahamwe Nyafurika ry’umupira w’amaguru ryatangaje ko Stade Amahoro na Kigali Pelé Stadium zemerewe kwikira imikino y’Amarushanwa Nyafurika.

Izi Stade zaravuguruwe kugira ngo zakire abafana benshi kandi zishyirwemo ikoranabuhanga rihagije ryo gufasha abasifuzi n’abandi gukurikirana neza ibibera mu kibuga.

Zizakinirwaho imikino mpuzamahanga iteganyijwe irimo iya CAF Champions League na CAF Confederation Cup.

Aho ivugururiwe, ubu Stade Amahoro yakira abantu ibihumbi 45, kandi byemejwe ko yujuje byose ku rwego rwa FIFA.

Ifite ikibuga gifite ubwatsi busanzwe ariko buvanze n’ubukorano bushobora korohereza umukinnyi wese kubukiniraho.

Muri Werurwe, 2023, nibwo Kigali Pelé Stadium yavuguruwe iratahwa, gusa yaje kugaragara ho imiterere imwe n’imwe yari itaranoga.

Hagati aho kandi mu minsi iri imbere kuri Stade Amahoro hazabera umukino wa APR FC na Pyramids yo mu Misiri.

Hazabera n’undi wa Rayon Sports na Singida Black Stars yo muri Tanzania mu mikino ya CAF Confederation Cup.

CAF yatangaje ko hari ibihugu 10 bitemerewe kwakira imikino.

Ibyo ni Djibouti, Eritrea, Guinea, Lesotho, Namibia, São Tomé, Seychelles, Sierra Leone na Somalia.

Nta bibuga byemewe bifite.

Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Amahoro Na Kigali Pelé Stadium Zemerewe Kwakira Amarushanwa Nyafurika 

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

General Muganga Yavuze Akazi Ingabo Zikorera Mu Mahanga

Ukraine Yahejwe Mu Biganiro Byo Kurangiza Intambara Yayishegeshe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Sandra Teta Yarekuwe

Burundi: Umugore Yagizwe Minisitiri W’Ingabo

Ibyotsi Bihumanya Ikirere Cy’u Rwanda Byikubye 5 Mu Bukana- REMA

Nyanza: Umurambo W’Umusore Wari Umaze Icyumweru Yarabuze Bawusanze Mu Mufuka

Imbaduko PM Nsengiyumva Atangiranye Mu Kuzamura Ubuhinzi N’Ubworozi

You Might Also Like

IbidukikijeImibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Hari Icyo Abana Basaba Abayobozi Bakuru B’Igihugu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Ubwizigame Bw’Abanyarwanda Ntiburagera No Kuri 50%

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

‎Gasabo: Bafatanywe Ibilo 31 By’Urumogi Byavaga i Kirehe Bijya i Muhanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?