Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amahoro Na Kigali Pelé Stadium Zemerewe Kwakira Amarushanwa Nyafurika 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

Amahoro Na Kigali Pelé Stadium Zemerewe Kwakira Amarushanwa Nyafurika 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 August 2025 3:46 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Mbere, Tariki 11, Kanama, 2025, nibwo Ishyirahamwe Nyafurika ry’umupira w’amaguru ryatangaje ko Stade Amahoro na Kigali Pelé Stadium zemerewe kwikira imikino y’Amarushanwa Nyafurika.

Izi Stade zaravuguruwe kugira ngo zakire abafana benshi kandi zishyirwemo ikoranabuhanga rihagije ryo gufasha abasifuzi n’abandi gukurikirana neza ibibera mu kibuga.

Zizakinirwaho imikino mpuzamahanga iteganyijwe irimo iya CAF Champions League na CAF Confederation Cup.

Aho ivugururiwe, ubu Stade Amahoro yakira abantu ibihumbi 45, kandi byemejwe ko yujuje byose ku rwego rwa FIFA.

Ifite ikibuga gifite ubwatsi busanzwe ariko buvanze n’ubukorano bushobora korohereza umukinnyi wese kubukiniraho.

Muri Werurwe, 2023, nibwo Kigali Pelé Stadium yavuguruwe iratahwa, gusa yaje kugaragara ho imiterere imwe n’imwe yari itaranoga.

Hagati aho kandi mu minsi iri imbere kuri Stade Amahoro hazabera umukino wa APR FC na Pyramids yo mu Misiri.

Hazabera n’undi wa Rayon Sports na Singida Black Stars yo muri Tanzania mu mikino ya CAF Confederation Cup.

CAF yatangaje ko hari ibihugu 10 bitemerewe kwakira imikino.

Ibyo ni Djibouti, Eritrea, Guinea, Lesotho, Namibia, São Tomé, Seychelles, Sierra Leone na Somalia.

Nta bibuga byemewe bifite.

Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 
Next Article Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rufunze Abanyamahanga 500 -RCS

Tshisekedi Arabwira Inteko Iby’Ingenzi Aherutse Kwemeranya Na Perezida Kagame

Perezida wa Benin Yabwiye Abaturage Ko Abashatse Kumuhirika Baruhiye Ubusa

Uko Kugonganisha Ibigo Bitubura Imbuto Byakoze K’Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubuhinzi

Rwanda: Utubari Tugiye Kujya Dufunga Mu Rukerera

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko Kugonganisha Ibigo Bitubura Imbuto Byakoze K’Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubuhinzi

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Kayonza: Nyemazi Yazize Kubuza Abaturage Gusuhuka Kubera Inzara

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Rwanda: Utubari Tugiye Kujya Dufunga Mu Rukerera

You Might Also Like

Imikino

U Rwanda Rwatangije Irushanwa Rizajya Rihuza Za Kaminuza Muri Siporo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?