Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amashereka Ni Ibiryo Ku Mubiri W’Umwana No Ku Bwonko Bwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubuzima

Amashereka Ni Ibiryo Ku Mubiri W’Umwana No Ku Bwonko Bwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 June 2022 4:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abantu benshi ntibazi icyo amashereka ari cyo ndetse n’akamaro kayo. Uretse kuba afasha abana gukura , umubiri wabo ukaba ufite ibiwubaka n’ibiwurinda, amashereka aha ubwonko  ibyo bucyeneye kugira ngo bukure neza.

Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe imikurire iboneye ku bana kivuga ko amashereka afitiye umwana akamaro harimo no kugabanya ibyago byo kurwara impiswi, umusonga n’umuhaha.

Umwana wonse bihagije kandi aba afite amahirwe yo kutazarwara  mugiga n’izindi ndwara nka Haemophilus , influenza( umusonga) n’indwara zifata urwungano rw’inkari.

Kubera ko umwana wonka aba ari kumwe na Nyina, amureba mu maso kandi yumva igishyuhirane cye, bituma akura neza mu mbamutima akamenya kubabarira abababaye akishimira abishimye.

Kuri Twitter cya kigo, kivuga ko amashereka agabanya kandi ibyago by’umubyiho ukabije igihe umwana  ageze mu bugimbi/ubwangavu n’igihe azaba amaze kuba mukuru.

Ikigo National Child Development Agency  kivuga ko akamaro k’amashereka ari kanini k’uburyo agera n’aho agabanya ibyago by’uko abagore bonsa bazarwara kanseri y’amabere.

Hejuru y’ibi hiyongeraho no kugabanya ibyago byo kurwara Diyabete yo mu bwoko bwa kabiri

Guverinoma y’u Rwanda mu rwego rwo gufasha abagore kurushaho kubona uburyo bwo konsa, mu gace kahariwe inganda mu Mujyi  wa Kigali ahitwa Kigali Special Economic Zone haherutse gufungurwa icyumba cyagenewe aho ababyeyi bonkereza abana.

Konkereza abana mu cyumba cyabigenewe ni imwe muri gahunda za Leta y’u Rwanda zigamije gutuma abana batazahazwa no kutonka kubera ko ababyeyi baba bari ku kazi.

Abana bonswa mu gihe cy’ikiruhuko cyagenwe.

TAGGED:AmasherekafeaturedIbereKonkaUmwana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Guverinoma Ivuga Ko Abimukira Bazabishaka Bazahabwa Ubwenegihugu Bw’u Rwanda
Next Article Impamvu Zateye U Rwanda Kwakira Abimukira Harimo No Kububakira Ubushobozi-Mukularinda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?