Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amerika Iri Kuzahura Umubano Na Ethiopia
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Amerika Iri Kuzahura Umubano Na Ethiopia

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 March 2023 3:41 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itsinda ry’intumwa ziherekeje Antony Blinken ziri i Addis Ababa mu ruzinduko rugamije kuzahura umubano hagati y’ubutegetsi bw’i Washington n’ubw’i Addis Ababa.

Kuva intambara yo muri Tigray yatangira mu mwaka wa 2019, ibintu byabaye bibi.

Hari n’ubwo byageze aho Amerika ishinja ubutegetsi bwa Abiy gukora ibyaha by’intambara.

Itsinda rya Ethiopia riri mu biganiro n’irya Blinken riyobowe na Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga witwa Demeke Mekonnen.

Uretse ikibazo cy’umubano utari umeze neza hagati ya Amerika na Ethiopia uri kubyo impande zombi zaganiriyeho, hari n’indi ngingo y’uburyo Amerika yakongera ijwi ryayo muri Afurika kuko iry’u Bushinwa n’u Burusiya rikomeje kuhaganza.

Ethiopia nicyo gihugu cya kabiri gituwe n’abantu benshi nyuma ya Nigeria.

Imibare ya Banki y’Isi ivuga ko Ethiopia ituwe n’abantu barenga miliyoni 100.

Kuri uyu wa Gatatu taliki 15, Werurwe, 2023 Blinken arahura na Minisitiri w’Intebe w’Intebe Abiy Ahmed.

TAGGED:AbiyAmerikaBlinkenEthiopia
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yahaye Stade ya Nyamirambo Izina Rishya
Next Article Gakenke: Inkuba Yishe Umugabo N’Umwana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?