Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amerika Iri Kuzahura Umubano Na Ethiopia
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Amerika Iri Kuzahura Umubano Na Ethiopia

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 March 2023 3:41 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itsinda ry’intumwa ziherekeje Antony Blinken ziri i Addis Ababa mu ruzinduko rugamije kuzahura umubano hagati y’ubutegetsi bw’i Washington n’ubw’i Addis Ababa.

Kuva intambara yo muri Tigray yatangira mu mwaka wa 2019, ibintu byabaye bibi.

Hari n’ubwo byageze aho Amerika ishinja ubutegetsi bwa Abiy gukora ibyaha by’intambara.

Itsinda rya Ethiopia riri mu biganiro n’irya Blinken riyobowe na Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga witwa Demeke Mekonnen.

Uretse ikibazo cy’umubano utari umeze neza hagati ya Amerika na Ethiopia uri kubyo impande zombi zaganiriyeho, hari n’indi ngingo y’uburyo Amerika yakongera ijwi ryayo muri Afurika kuko iry’u Bushinwa n’u Burusiya rikomeje kuhaganza.

Ethiopia nicyo gihugu cya kabiri gituwe n’abantu benshi nyuma ya Nigeria.

Imibare ya Banki y’Isi ivuga ko Ethiopia ituwe n’abantu barenga miliyoni 100.

Kuri uyu wa Gatatu taliki 15, Werurwe, 2023 Blinken arahura na Minisitiri w’Intebe w’Intebe Abiy Ahmed.

TAGGED:AbiyAmerikaBlinkenEthiopia
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yahaye Stade ya Nyamirambo Izina Rishya
Next Article Gakenke: Inkuba Yishe Umugabo N’Umwana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?