Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amerika Ishyigikiye Perezida Wa Niger Wahiritswe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Amerika Ishyigikiye Perezida Wa Niger Wahiritswe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 August 2023 12:33 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamabanga wa Leta muri Amerika usinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken avuga ko yahamagaye Bazoum wahoze uyobora Niger amwizeza ko Amerika imuri inyuma.

Itangazo ryo mu Biro bya Blinken rivuga ko Amerika idashobora gutererana umuntu watowe mu buryo bukurikije amahame ya Demukarasi.

Amerika ivuga ko izakomeza gukorana n’abo ari bo bose bashaka ko Niger iyoborwa mu buryo bwa Demukarasi binyuze ku muyobozi watowe binyuze mu matora.

Hagati aho ibihugu byo muri ECOWAS  biri gukora uko bishoboye ngo birebe uko muri Niger ibintu byagaruka ku murongo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umuhati wabo ariko uzakomwa mu nkokora n’uko ibindi bihugu bikikije Niger ari byo Burkina Faso na Mali bivuga ko nihagira ingabo z’amahanga zihagurukira gusubiza Bazoum k’ubutegetsi, ibyo bihugu nabyo bizambikira ingabo zabo urugamba.

Abayobozi b’ibi bihugu bavuga ko ibyabaye muri  Niger ari ubushake bw’abaturage bityo ko habaye hari uburyo bwo gukemura ikibazo kiri yo byakorwa mu biganiro.

Batanga umuburo ko uzohereza abasirikare muri Niger bazaba bashotoye n’ibihugu byabo bityo intambara ikazahita irota.

Umuryango w’Afurika yunze ubumwe ndetse n’uw’ibihugu byo muri Afurika y’Uburengerazuba bari gukora ubuhuza ngo barebe ko ibintu byajya ku murongo nta ntambara irose.

TAGGED:AmerikaBlinkenfeaturedNiger
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Henri Konani Bedie Wigeze Kuyobora Côte D‘Ivoire Yapfuye
Next Article Nigeria Yakupiye Niger Amashanyarazi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?