Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amerika: Umupolisi Washinze Ivi Ku Ijosi Ry’Umwirabura Agapfa Nawe Yatewe Icyuma
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Amerika: Umupolisi Washinze Ivi Ku Ijosi Ry’Umwirabura Agapfa Nawe Yatewe Icyuma

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 November 2023 8:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Derek Chauvin wahoze ari umupolisi muri Leta ya Minneapolis akaza gukatirwa gufungwa imyaka 22 azizwa guheza umwuka umwirabura George Floyd nyuma yo kumushinga ivi ku gakanu, nawe yatewe icyuma n’uwo bafunganye aramukoretsa bikomeye.

Afungiwe muri gereza irimo abantu 380.

Ubwo yakatirwaga, abamwunganiraga basabye urukiko ko yashyirwa ahantu yazajya acungirwa mu buryo butekanye, bigakorwa hirindwa ko abantu bazamwihimuraho kubera ibyo yashinjwaga mu rupfu rwa Floyd.

Ubusabe bwabo ntibwubahirijwe, ahubwo yafungiwe muri gereza ya Minneapolis none ibyo abamwunganiraga bangaga byabaye.

Floyd yishwe taliki 25, Gicurasi, 2020 nyuma y’uko umupolisi w’Umuzungu ari qwe Chauvin yamutsikamije ivi ku gakanu, undi arataka ariko aramwihorera kugeza ubwo bamugejeje kwa muganga umwuka wamushizemo.

uyu mugabo yishwe bamutsindagije ivi ku gakanu akekwaho gukora $20

Dereck Chauvin yamaze iminota icyenda n’igice yashinze ivi ku gakanu ka Flyod undi ataka.

Abapolisi bamubeshyeraga ko yari afite inoti $20 y’amiganano.

TAGGED:AmerikaGerezaUmupolisiUmwirabura
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Abahinzi Bahawe Azabafasha Kubungabunga Uruhererekane Rw’Ibiribwa
Next Article Ibihangano Gakondo Nyarwanda Byahawe Umwanya N’Aho Bizajya Byigaragariza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Mu Isanzure Haba Inyenyeri Zingahe?

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Amakipe Ya Volley Azahatanira Igikombe Cy’Intwari Yamenyekanye

Rayon Yaguze Uwakiniraga Mukura

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Burundi: Ndikuriyo Yongeye Gutorerwa Kuba Umunyamabanga Mukuru Wa CNDD-FDD

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Ububiligi Bwijeje DRC Gukomeza Kuyiba Hafi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Uburayi Bwatanze Miliyoni € 2 Zo Gufasha Abo Muri Kivu Y’Amajyepfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Perezida Trump Arashaka Manda Ya Gatatu Uko Byagenda Kose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?