Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amerika: Umupolisi Washinze Ivi Ku Ijosi Ry’Umwirabura Agapfa Nawe Yatewe Icyuma
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Amerika: Umupolisi Washinze Ivi Ku Ijosi Ry’Umwirabura Agapfa Nawe Yatewe Icyuma

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 November 2023 8:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Derek Chauvin wahoze ari umupolisi muri Leta ya Minneapolis akaza gukatirwa gufungwa imyaka 22 azizwa guheza umwuka umwirabura George Floyd nyuma yo kumushinga ivi ku gakanu, nawe yatewe icyuma n’uwo bafunganye aramukoretsa bikomeye.

Afungiwe muri gereza irimo abantu 380.

Ubwo yakatirwaga, abamwunganiraga basabye urukiko ko yashyirwa ahantu yazajya acungirwa mu buryo butekanye, bigakorwa hirindwa ko abantu bazamwihimuraho kubera ibyo yashinjwaga mu rupfu rwa Floyd.

Ubusabe bwabo ntibwubahirijwe, ahubwo yafungiwe muri gereza ya Minneapolis none ibyo abamwunganiraga bangaga byabaye.

Floyd yishwe taliki 25, Gicurasi, 2020 nyuma y’uko umupolisi w’Umuzungu ari qwe Chauvin yamutsikamije ivi ku gakanu, undi arataka ariko aramwihorera kugeza ubwo bamugejeje kwa muganga umwuka wamushizemo.

uyu mugabo yishwe bamutsindagije ivi ku gakanu akekwaho gukora $20

Dereck Chauvin yamaze iminota icyenda n’igice yashinze ivi ku gakanu ka Flyod undi ataka.

Abapolisi bamubeshyeraga ko yari afite inoti $20 y’amiganano.

TAGGED:AmerikaGerezaUmupolisiUmwirabura
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Abahinzi Bahawe Azabafasha Kubungabunga Uruhererekane Rw’Ibiribwa
Next Article Ibihangano Gakondo Nyarwanda Byahawe Umwanya N’Aho Bizajya Byigaragariza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?