Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amerika Yaganiriye N’U Rwanda Ku Bibera Muri DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Amerika Yaganiriye N’U Rwanda Ku Bibera Muri DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 August 2023 7:39 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Antony Blinken ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Guverinoma ya Leta zunze ubumwe z’Amerika avuga ko yaraye agiranye ikiganiro na Perezida Kagame cyakozwe kuri telefoni.

Avuga ko baganiriye ku ngingo zitandukanye zirimo n’ibibera muri DRC biterwa n’umutekano muke uharambye.

Blinken avuga ko yabwiye Perezida Kagame ko afite icyizere ko ibiganiro ari byo bizatanga umuti urambye ku ntambara yabaye karande mu Burasirazuba bwa kiriya gihugu.

U Rwanda rumaze igihe rubwira amahanga, harimo n’Amerika, ko hari imikoranire ihamye hagati ya FDLR  n’ingabo za DRC kandi ko u Rwanda rutazemera ko bigera aho ruterwa kandi rubireba.

Mu mezi make ashize, Perezida Kagame yigeze kubwira Jeune Afrique ko adashobora kurenza amaso ikintu icyo ari cyo cyose cyashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda.

I spoke with Rwandan President Kagame today to discuss the volatile situation along the border between Rwanda and the DRC. I shared my hope for a diplomatic solution to the tensions and for each side to take measures to de-escalate the situation.

— Secretary Antony Blinken (@SecBlinken) August 15, 2023

TAGGED:BlinkenDRCFDLRfeaturedKagameUSA
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mageragere: Muganga Wa Gereza Akurikiranyweho Gucuruza Imiti Y’Abagororwa
Next Article Hagiye Gutangizwa Ikigo Ndangamuco Cyitiriwe Buravan
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?