Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amerika Yaganiriye N’U Rwanda Ku Bibera Muri DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Amerika Yaganiriye N’U Rwanda Ku Bibera Muri DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 August 2023 7:39 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Antony Blinken ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Guverinoma ya Leta zunze ubumwe z’Amerika avuga ko yaraye agiranye ikiganiro na Perezida Kagame cyakozwe kuri telefoni.

Avuga ko baganiriye ku ngingo zitandukanye zirimo n’ibibera muri DRC biterwa n’umutekano muke uharambye.

Blinken avuga ko yabwiye Perezida Kagame ko afite icyizere ko ibiganiro ari byo bizatanga umuti urambye ku ntambara yabaye karande mu Burasirazuba bwa kiriya gihugu.

U Rwanda rumaze igihe rubwira amahanga, harimo n’Amerika, ko hari imikoranire ihamye hagati ya FDLR  n’ingabo za DRC kandi ko u Rwanda rutazemera ko bigera aho ruterwa kandi rubireba.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Mu mezi make ashize, Perezida Kagame yigeze kubwira Jeune Afrique ko adashobora kurenza amaso ikintu icyo ari cyo cyose cyashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda.

I spoke with Rwandan President Kagame today to discuss the volatile situation along the border between Rwanda and the DRC. I shared my hope for a diplomatic solution to the tensions and for each side to take measures to de-escalate the situation.

— Secretary Antony Blinken (@SecBlinken) August 15, 2023

TAGGED:BlinkenDRCFDLRfeaturedKagameUSA
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mageragere: Muganga Wa Gereza Akurikiranyweho Gucuruza Imiti Y’Abagororwa
Next Article Hagiye Gutangizwa Ikigo Ndangamuco Cyitiriwe Buravan
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?