Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amerika Yemeje Guhagarika TikTok 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Amerika Yemeje Guhagarika TikTok 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 April 2024 10:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Inteko ishinga amategeko ya Amerika yemeje ko urubuga rw ‘Abashinwa rwa TikTok ruhagarikwa muri Amerika.

Abanyamerika ntibashira Abashinwa amakenga y’uko bakoresha uru rubuga bakusanya amakuru arebana n’abarukoresha bose.

TikTok muri Amerika ikoreshwa n’abantu barenga miliyoni 130.

Amerika ituwe n’abaturage barenga miliyoni 300.

Itegeko rihagarika TikTok rizakomereza mu biro bya Perezida Biden.

TikTok ni iy’ikigo ByteDance.

Ubuyobozi bw’iki kigo ntacyo bwaduboje bagenzi bacu ba BBC ubwo bababazaga icyo babivugaho.

Icyakora mbere yari yavuze ko iki cyemezo nigifatwa kizarwanywa mu buryo bwose.

Abasenateri 79 nibo batoye ko TikTok ihagarikwa muri Amerika bitaba ibyo ikemera kugurwa n’Amerika.

Abandi 18 banze kuritora.

Abanyamerika bavuga ko bishimiye ko TikTok igiye guhagarikwa kubera ko ngo Ubushinwa bwari bwarabigaruriye.

Ikigo ByteDance kivuga ko ntago gihuriye n’Ubushinwa ndetse ngo abavuga ko gikora ubutasi barabeshya.

TAGGED:AmerikaBushinwafeaturedTikTok
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kamonyi: Batatu Bagwiriwe N’Ikirombe Bavanywemo Bapfuye
Next Article DRC:Vital Kamerhe Yongeye Kuba Perezida W’Inteko 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?