Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ayabatwa Tribert Rujugiro Yapfuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ayabatwa Tribert Rujugiro Yapfuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 April 2024 8:27 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

 

Umunyenganda ukomeye Ayabatwa Tribert Rujugiro yapfuye afite imyaka 82 y’amavuko. Ni umwe mu banyenganda bakomeye u Rwanda rwagize kandi yazishinze n’ahandi henshi muri Afurika harimo muri Uganda no muri Afurika y’Epfo.

Bivugwa ko yazize umutima wahagaze ubwo yari amaze kureba televiziyo ahagurutse yitura hasi, bimuviramo urupfu.

Yaguye i Dubai.

Umuhungu we mukuru witwa Paul Nkwaya niwe wamubitse ariko akagira na murumuna we Richard Rujugiro.

Nkwaya niwe ushinzwe ibikorwa byo kwamamaza ikigo cya Se gikora itabi kitwa Pan African Tobacco Group n’aho  Richard Rujugiro akaba ashinzwe ibya tekiniki.

Umukwe wa Rujugiro w’Umuzungu witwa Serge Huggenberger niwe ushinzwe imari.

Kubera gusaza n’uburwayi, Ayabatwa Tribert Rujugiro ntiyagaragaraga cyane mu bikorwa by’ikigo cye ariko yari umujyanama wa hafi w’abana be.

Si iki kigo gusa yari afite ahubwo yari afite ibindi bigo 10 hirya no hino muri Afurika no mu Burasirazuba bwo Hagati.

Bivugwa ko yari afite ibigo mu bihugu 27, agakoresha abantu 26,000 bari batunze imiryango irimo abantu 182,000 bose hamwe.

Ibikorwa bye byari biri mu mishinga itandukanye irimo sima, icyayi, inkweto za plastic, byeri, ibiribwa n’itabi.

Yigeze kuvuga ko atigeze na rimwe aharanira gutunga amafaranga ahubwo ngo yashakaga ‘kubaka ikintu kinini’.

Icyo kintu kinini ngo nicyo yasigiye abana be n’umukwe we.

TAGGED:AyabatwafeaturedImariRujugiro
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Min Irere Aributsa Akamaro Ku Burere Bwiyongereye Ku Bumenyi
Next Article Dubai Ntikiri Nyabagendwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?