Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bamwe Mu Bafana Ba APR FC Barashaka Ko Umutoza Wayo Yirukanwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Bamwe Mu Bafana Ba APR FC Barashaka Ko Umutoza Wayo Yirukanwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 October 2023 12:18 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma yo kunganya na Bugesera FC igitego 1-1 mu mukino waraye uhurije aya mapike muri Kigali Pelé Stadium, abafana na APR FC ntibishimiye uku kunganya, ubu  bakaba  basaba ubuyobozi bw’iyi kipe kwirukana umutoza Thierry Forger cyangwa se ‘akaganirizwa.’

Uko bigaragara, icyarakaje abafana ni uko Bugesera FC yishyuye APR FC mu minota ya nyuma y’umukino.

Bavuga ko kuba bishyuwe kiriya gitego ku munota wa nyuma byatewe n’irindi kosa Forger yakoze.

Hari abamushinja ‘kudasoma neza’ umukino ntamenye igihe nyacyo cyo gukinisha umukinnyi runaka mu gihe gikwiye.

Mu kiganiro umwe mu bafana yahaye itangazamakuru yibajije ukuntu umutoza atinyuka gusimbuza hasigaye iminota mike cyane ngo umukino urangire.

Ibyiza kuri bo ni uko yajya abona ko hari ibikenewe gukosorwa hakiri kare, aho kugira ngo abikore impitagihe.

Kuba APR FC y’ubu itsindwa kandi yarazanye abanyamahanga nabyo ngo biragayitse ndetse ngo irutwa n’iyahoze ikinwamo n’Abanyarwanda gusa.

Nk’uko bimeze kuri Rayon Sports, abakinnyi ba APR FC nabo bananirwa mu minota ya nyuma bigatuma ikipe bahanganye iyitsinda.

Kuri APR FC niko biherutse kugenda ubwo yakinaga na Marines FC, ibitego 2-2 ndetse byanabaye igihe yatsindaga Musanze FC bigoranye ibitego 2-1.

Kuwa Gatanu taliki 13, Ukwakira, 2023 nibwo APR FC izakina na Mukura VS, hakazaba ari saa kumi n’ebyiri z’umugoroba, umukino ukazabera kuri Kigali Pelé Stadium.

Nyuma izakina na Etincelles FC ni ukuvuga taliki 21,Ukwakira, 2023, mbere yo kwakira mukeba Rayon Sports ku wa 29, Ukwakira, 2023.

TAGGED:APRBugeseraRwandaUmutoza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abajura Banze Kumva Umuburo Wa IGP Namuhoranye Katangiye Kubabaho
Next Article Rwamagana: Havumbuwe Ibuye Ry’Agaciro Rya Lithium
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nyagatare: Hatangijwe Umushinga Mugari Wo Guhinga Ubutaka Bukomatanyije

Abanyamakuru Barekuwe N’Urukiko Rwa Gisirikare

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Ingengabihe Y’Umwaka Utaha W’Amashuri Yatangajwe

Yanditse Igitabo Ku Gahinda Yatewe No Gupfusha Umugore We

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?