Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Basanze Cocaine Hafi Y’Urugo Rwa Biden
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Basanze Cocaine Hafi Y’Urugo Rwa Biden

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 July 2023 11:01 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Inzego z’iperereza za Amerika zatangaje ko hari ifu y’umweru abashinzwe umutekano basanze imbere y’Ibiro Perezida w’Amerika akoreramo, bayipimye basanga ni cocaine.

Bayisanze mu gice kigenewe abaza gusura Ibiro by’Umukuru w’Amerika, White House, icyo gice kitwa West Wing.

Itangazamakuru ryo muri Amerika rivuga ko ubwo iriya cocaine yabonekaga, Perezida Biden ntiyari ari mu Biro.

Bigitangazwa, abashinzwe umutekano barimo abarwanya ibiyobyabwenge n’abazimya umuriro bahise bahurura bikanze ko iyo fu yaba ari ikindi kintu kibi gishobora no guteza inkongi cyangwa akandi kaga.

Abashinzwe gucunga umutekano wa Perezida w’Amerika bahise batangaza ko Ibiro bya Perezida ‘bibaye’ bifunze kugeza ubwo ibintu biri bujye mu mucyo.

Bidatinze, byahise byongera gufungura.

Icyakora iperereza ryatangiye kugira ngo hamenyekane uko kiriya kiyobyabwenge cyinjijwe mu gice giherereyemo ibiro by’Umukuru w’Amerika.

Igitekeye inkeke ni uko agace iki kiyobyabwenge cyagaragayemo gasanzwe ari ho hari inzu Perezida w’Amerika abanamo n’umuryango we.

TAGGED:BidenCocaineIbiroIkiyobyabwengeInzu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article SONARWA Yahawe Umuyobozi Mushya
Next Article RDB Irashaka Kuba Urwego Rwigenga, Rufite Ubuzima Gatozi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’

U Rwanda Rugiye Kubaka Icyanya Cy’Inganda Kizatunganya Impu

Inzitizi Abo Muri DRC Babona Mu Kwambura FDLR Intwaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ingingo Z’Ingutu Zitegereje Trump Mu Kumvikanisha Hamas Na Israel 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Abanya Israel Ba Mbere Batwawe Na Hamas Barekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Israel: Baritegura Kwakira Trump Nk’Umwami

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kera Kabaye Ibiribwa N’Imiti Byemerewe Kwinjira Muri Gaza Ku Bwinshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?