Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Basanze Cocaine Hafi Y’Urugo Rwa Biden
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Basanze Cocaine Hafi Y’Urugo Rwa Biden

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 July 2023 11:01 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Inzego z’iperereza za Amerika zatangaje ko hari ifu y’umweru abashinzwe umutekano basanze imbere y’Ibiro Perezida w’Amerika akoreramo, bayipimye basanga ni cocaine.

Bayisanze mu gice kigenewe abaza gusura Ibiro by’Umukuru w’Amerika, White House, icyo gice kitwa West Wing.

Itangazamakuru ryo muri Amerika rivuga ko ubwo iriya cocaine yabonekaga, Perezida Biden ntiyari ari mu Biro.

Bigitangazwa, abashinzwe umutekano barimo abarwanya ibiyobyabwenge n’abazimya umuriro bahise bahurura bikanze ko iyo fu yaba ari ikindi kintu kibi gishobora no guteza inkongi cyangwa akandi kaga.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abashinzwe gucunga umutekano wa Perezida w’Amerika bahise batangaza ko Ibiro bya Perezida ‘bibaye’ bifunze kugeza ubwo ibintu biri bujye mu mucyo.

Bidatinze, byahise byongera gufungura.

Icyakora iperereza ryatangiye kugira ngo hamenyekane uko kiriya kiyobyabwenge cyinjijwe mu gice giherereyemo ibiro by’Umukuru w’Amerika.

Igitekeye inkeke ni uko agace iki kiyobyabwenge cyagaragayemo gasanzwe ari ho hari inzu Perezida w’Amerika abanamo n’umuryango we.

TAGGED:BidenCocaineIbiroIkiyobyabwengeInzu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article SONARWA Yahawe Umuyobozi Mushya
Next Article RDB Irashaka Kuba Urwego Rwigenga, Rufite Ubuzima Gatozi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?